BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Feb 9, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

admin
Last updated: February 9, 2026 7:51 pm
admin
Share
SHARE

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira umukobwa wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, Natasha Karugire, bagasaba amafaranga mu izina rye.

Polisi igaragaza ko abo bantu bari barakoze konti ku rubuga rwa TikTok bashyiraho numero ya Whatsapp babyitirira Karugire bavuga ko akora ibikorwa by’ubugiraneza, ubundi bagasaba amafaranga abantu bavuga ko ari ayo kwiyandikisha muri uwo mushinga.

Umuvugizi wa Polisi, Kituuma Rusoke, avugana n’itangazamakuru ku wa 9 Gashyantare 2026, yavuze ko iki kibazo bakinjiyemo ubwo Karugire yagaragazaga ko ahangayikishijwe n’abantu bakomeje kumwiyitirira.

Ati: “Muribuka ko Natasha Karugire yagaragaje ko ahangayikishijwe n’abantu bamwiyitirira kuri TikTok na WhatsApp, ubwo iki kibazo cyatugeragaho twahise dutangira kubikurikirana.”

Akomeza asaba abantu kwirinda kwishyura amafaranga abantu bose babonye bababwira ko ari amafaranga yo kwiyandikisha.

Abafashwe barimo Asharaf Isabirye, Rahman Mulondo, Kakaire Zubail na Sharif Egesa bagiye kujyanwa mu rukiko.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida Samia Suluhu yijeje Museveni umusanzu mu biganiro byo kugarura amahoro mu karere

2 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

2 Min Read
Mu mahanga

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yitabye Imana, hakekwa kuraswa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?