BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

admin
Last updated: February 9, 2026 10:19 am
admin
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (MONUSCO)Jean-Pierre Lacroix , ku cyumweru yagiriye ruzinduko muri iki gihugu .

biteganyijwe ko muri uru ruzinduko rw’amasaha 72 azahura n’abategetsi bakuru b’iki gihugu, abahagarariye CENCO na ECC ndetse n’amasosiyete sivile.

Lacroix agiriye uruzinduko DR Congo nyuma y’uko Afurika y’Epfo itangaje gahunda yo kuvana ingabo zayo mu ngabo za MONUSCO zikorera muri iki gihugu.

Ku wa 8 Gashyantare 2026 nibwo perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, iyemeze yafashe cyo gukura ingabo ze muri MONUSCO.

Perezida Ramaphosa yavuze ko iki cyemezo kigamije kongera kwegeranya neza umutungo muke w’Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF), gihanganye n’imbogamizi zigenda ziyongera zirimo iz’ingengo y’imari n’imikorere y’Ingabo.

Afurika y’epfo itangaza ko ingabo zayo zizarangiza gutaha mu mpera z’uyu mwaka WA 2026.

Ibi bibaye kandi mu gihe ingabo za MONUSCO ziheruka gusabwa kujya mu Mujyi wa Uvira nyuma y’uko ingabo z’Ihuriro rya AFC/M23 ziwuvuyemo ku busabe bw’abahuza.

Afurika y’Epfo Kandi ni kimwe mu bihugu byo mu muryango wa SADC byari byohereje ingabo muri RDC kujya gufasha ingabo z’icyo gihugu guhangana n’iz’ihuriro rya AFC/M23 ariko ziza gukubitirwa inshuro mu Mujyi wa Goma mu Mpera za Mutarama 2025.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?