BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

admin
Last updated: February 5, 2026 6:35 pm
admin
Share
SHARE

Ghana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.

Aya masezerano yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ghana Samuel Okudzeto Ablakwa, kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026.

Yatangaje ko gukuraho visa bigamije gukomeza gushimangira umubano mwiza ibyo bihugu bisanzwe bifitanye no koroherezanya ingendo.

Aya masezerano aje nyuma y’uruzindiko Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yari yagiriye muri Zambia ku wa 4 Gashyantare 2026.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ghana Samuel Okudzeto Ablakwa, yavuze ko ubu baturage ba Ghana na Zambia bagiye kujya bagenda muri ibyo bihugu byombi bidasabye ko bakoresha visa zaberaga bamwe imbogamizi.

Ablakwa, yavuze ko iyo ntambwe Ghana na Zambia bateye igiye guteza imbere ubucuruzi, ubukerarugendo ndetse ikanakemura ibibazo by’ingendo ku bihugu byombi.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?