BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 11:42 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu , yasubizanyije uburakari bukabije ku cyemezo cya ICC cy’uko ashobora gushyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi kubera ibyaha ashinjwa byibasiye inyoko muntu byakorewe umu ntambara I Gaza .

Mu butumwa bw’amashusho , Netanyahu yagaragaje ko ibyo ICC yakoze ari imyitwarire mibi mu gihe igihugu cye gihanganye n’intambara itaboroheye .

Yagize ati: “Iyi ni imyitwarire igayitse yo ku kigero cyanditse amateka. Israel irimo kurwana intambara ifite ishingiro n’ umutwe w’iterabwoba ukora jenoside wagabye igitero cya mbere kibi cyane ku Bayahudi kibayeho nyuma ya Jenoside y’Abayahudi”.

Yakomeje anenga cyane umushinjacyaha mukuru wa ICC Karim Khan, ko nawe ari umwe mu bibasira Abayahudi muri iki gihe.

Benjamin Netanyahu yatangaje ko icyi cyemezo cya Khan cyo kukushyiraho impapuro zo kumuta muri yombi we na Minisitiri w’ingabo wa Israel Yoav Gallant, kimeze nko gusuka lisansi nta mbabazi mu muriro wibasiye Abayahudi ku Isi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida Samia Suluhu yijeje Museveni umusanzu mu biganiro byo kugarura amahoro mu karere

2 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

2 Min Read
Mu mahanga

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yitabye Imana, hakekwa kuraswa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?