BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 11:42 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu , yasubizanyije uburakari bukabije ku cyemezo cya ICC cy’uko ashobora gushyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi kubera ibyaha ashinjwa byibasiye inyoko muntu byakorewe umu ntambara I Gaza .

Mu butumwa bw’amashusho , Netanyahu yagaragaje ko ibyo ICC yakoze ari imyitwarire mibi mu gihe igihugu cye gihanganye n’intambara itaboroheye .

Yagize ati: “Iyi ni imyitwarire igayitse yo ku kigero cyanditse amateka. Israel irimo kurwana intambara ifite ishingiro n’ umutwe w’iterabwoba ukora jenoside wagabye igitero cya mbere kibi cyane ku Bayahudi kibayeho nyuma ya Jenoside y’Abayahudi”.

Yakomeje anenga cyane umushinjacyaha mukuru wa ICC Karim Khan, ko nawe ari umwe mu bibasira Abayahudi muri iki gihe.

Benjamin Netanyahu yatangaje ko icyi cyemezo cya Khan cyo kukushyiraho impapuro zo kumuta muri yombi we na Minisitiri w’ingabo wa Israel Yoav Gallant, kimeze nko gusuka lisansi nta mbabazi mu muriro wibasiye Abayahudi ku Isi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya…

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Itabwa muri yombi ry’impirimbanyi yo muri Kenya ryazamuriye benshi uburakari

2 Min Read
Mu mahanga

DRC: Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani

3 Min Read
Mu mahanga

Umudipolomate wa RDC afungiwe muri Bulgaria nyuma yo gufatanwa Cocaïne

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?