BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari ku cyemezo cya ICC

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 11:42 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu , yasubizanyije uburakari bukabije ku cyemezo cya ICC cy’uko ashobora gushyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi kubera ibyaha ashinjwa byibasiye inyoko muntu byakorewe umu ntambara I Gaza .

Mu butumwa bw’amashusho , Netanyahu yagaragaje ko ibyo ICC yakoze ari imyitwarire mibi mu gihe igihugu cye gihanganye n’intambara itaboroheye .

Yagize ati: “Iyi ni imyitwarire igayitse yo ku kigero cyanditse amateka. Israel irimo kurwana intambara ifite ishingiro n’ umutwe w’iterabwoba ukora jenoside wagabye igitero cya mbere kibi cyane ku Bayahudi kibayeho nyuma ya Jenoside y’Abayahudi”.

Yakomeje anenga cyane umushinjacyaha mukuru wa ICC Karim Khan, ko nawe ari umwe mu bibasira Abayahudi muri iki gihe.

Benjamin Netanyahu yatangaje ko icyi cyemezo cya Khan cyo kukushyiraho impapuro zo kumuta muri yombi we na Minisitiri w’ingabo wa Israel Yoav Gallant, kimeze nko gusuka lisansi nta mbabazi mu muriro wibasiye Abayahudi ku Isi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

1 Min Read
Mu mahanga

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

1 Min Read
Mu mahanga

Martin Fayulu yahuye na perezida Tshisekedi amusaba ibiganiro n’Abakongomani

2 Min Read
Mu mahanga

Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?