BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Kevin Kade yasimbujwe Bull Dog mu bitaramo bya Iwacu Muzika Festival

Kevin Kade yasimbujwe Bull Dog mu bitaramo bya Iwacu Muzika Festival

sam
Last updated: June 25, 2025 6:35 am
sam
Share
SHARE

Umuraperi Bull Dog yasimbuye Kevin Kade mu bitaramo bizenguruka igihugu bya Iwacu Muzika Festival bigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.

Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo, abategura ibyo bitaramo basimbuje ifoto ya Kevin Kade iy’umuraperi Bull Dog na we ukunzwe n’abatari bake.

Ni impinduka bavuga ko zatewe no kuba Kevin Kade ari mu bahanzi bazitabira bakanatarama mu gitaramo Rwanda Convention USA, giteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubukwe za Amerika, kizatangira tariki 4 Nyakanga 2025 mu rwego rwo kwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 31.

Kevin Kade azatarama tariki 4 Nyakanga 2025, mu gihe ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival bizatangira tariki 05 Nyakanga 2025 bikazatangirira mu Karere ka Musanze.

Si ubwa mbere Kevin Kade yari ataramye muri ibyo bitaramo, nubwo ari ubwa mbere yari agiye kugera ku bafana be kubera ko ubwo aheruka muri ibyo bitaramo hari mu bihe by’icyorezo cya COVID-19, aho abantu babikurikiraniraga kuri televiziyo.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
Imyidagaduro

Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana

3 Min Read
Imyidagaduro

Yago yemeje ko yatandukanye n’ukobwa baherutse ku byarana

2 Min Read
Imyidagaduro

Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?