BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

sam
Last updated: July 1, 2025 10:18 am
sam
Share
SHARE

Umuririmbyi w’Umunyamerika Austin Richard Post wamamaye nka Malone, yatandukanye na Christy Lee wambika ibyamamare, bari bamaze iminsi bari mu rukundo.

TMZ yatangaje ko aba bombi batandukanye muri Gicurasi 2025, nyuma yo gutangira urukundo rwabo mu ntangiro z’uyu mwaka. Ntabwo biramenyekana niba bazakomeza kuba inshuti zisanzwe cyangwa se niba bazacana umubano burundu.

Post Malone bwa mbere yagaragaye ari kumwe na Christy Lee, muri Mutarama 2025 ubwo bari bari gusangira ibya nimugoroba mu Mujyi wa Roma mu Butaliyani. Muri Werurwe nabwo bongeye kugaragara bahuje urugwiro basohokanye, byemeza iby’urukundo rwabo.

Christy Lee yambika abantu batandukanye ndetse amaze gukorana n’ibyamamare nka Bella Thorne, Brooks Nader na Charlotte McKinney.

Post Malone yatandukanye n’uwahoze ari fiancée we, Hee Sung ’Jamie’ Park, mu mpera za 2024, ndetse banahagarika ubukwe bwabo. Aba bombi bafitanye umwana w’umukobwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

2 Min Read
Imyidagaduro

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

2 Min Read
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Rufonsina aritegura kwibaruka ubuheta

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?