BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

sam
Last updated: July 5, 2025 11:17 am
sam
Share
SHARE

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas mu gihe abandi benshi baburiwe irengero.

Uyu mwuzure watewe n’umugezi wa Guadalupe wuzuye cyane mu gihe gito, uzamuka metero 7,9 mu isaha imwe gusa. Amazi yahise atangira gutwara inzu zitwarwa n’imodoka n’utubari turasenyuka.

Abashinzwe ubutabazi baracyashakisha abana bagera kuri 25 bari mu bakobwa 750 bitabiriye ibirori bya Camp Mystic, hafi y’Umujyi wa Kerrville, mu bilometero 104 uvuye i San Antonio mu majyaruguru ashyira uburengerazuba.

Ibice bitandukanye byatangajwemo ibihe bidasanzwe, nyuma y’uko imihanda myinshi isenywe n’umwuzure n’imirongo ya telefone ikangirika burundu.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, we yavuze ko ari ibyago “bitangaje” kandi “biteye ubwoba”, mu gihe Ibiro bya Perezida byasezeranyije gutanga ubufasha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

3 Min Read
Amerika

Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya

1 Min Read
Amerika

America yavuze ikizaba nihatubahirizwa amasezerano y’u Rwanda na DRC

2 Min Read
Amerika

Abahinga urumogi muri California bakozwemo umukwabu

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?