BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Element yitabiriye umwiherero w’aba ‘producers’ n’abahanzi muri Uganda

Element yitabiriye umwiherero w’aba ‘producers’ n’abahanzi muri Uganda

sam
Last updated: March 5, 2025 2:08 pm
sam
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umwe mu bakora bakanatunganya indirimbo Mugisha Robinson uzwi nka Element Eleeeh, ari mu gihugu cya Uganda aho yitabiriye umwiherero uciye ingando w’abahanzi n’abatunganya umuziki uhuza abo muri Afurika y’Iburasirazuba nabo mu Burayi.

Ni urugendo yagize nyuma yo kuva muri Tanzania mu birori byo gutanga ibihembo bya Trace Awards, akaba yaratumiwe akanakirwa na Perezida wa UNMF Eddy Kenzo hamwe n’itsinda rye.

Amakuru avuga ko uruzinduko Element yagiyemo rugamije kwitabira umwiherero uciye ingando, ugamije gufasha no guhuza inganda z’umuziki wo mu Karere ka Afurika y’Ibirasirazuba hanwe n’u Burayi cyiswe ABM music camp (Africa Bureau Music).

Ni igikorwa biteganyijwe ko kizamara iminsi itandatu, kuko cyatangiye ku wa 3 kikazarangira ku ya 8 Werurwe 2025, aho yahuriyemo n’abahanzi batandukanye bo mu Karere barimo Azawi n’abandi.

Uretse kuba Element ari umuhanga mu bijyanye no gutunganya indirimbo, azwi no mu ndirimbo zitandukanye zirimo Kashe, Milele n’izindi yagiye afatanya n’abandi bahanzi.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
Imyidagaduro

Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana

3 Min Read
Imyidagaduro

Yago yemeje ko yatandukanye n’ukobwa baherutse ku byarana

2 Min Read
Imyidagaduro

Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?