BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Ayra Starr yinjiye mu ruganda rwa cinema rwa Hollywood

Ayra Starr yinjiye mu ruganda rwa cinema rwa Hollywood

sam
Last updated: March 10, 2025 9:49 am
sam
Share
SHARE

Umuhanzikazi Ayra Starr umaze kubaka izina muri muzika haba muri Africa no ku isi yose, agiye kugaragara muri film yitwa ‘Children of Blood and Bone’ ishingiye ku gitabo cyanditswe na Tomi Adeyemi cyakunzwe cyane mu 2018.

Iyi ni film Ayra azahuriramo n’abakinnyi ba film b’ibyamamare nka Idris Elba, Viola Davis ndetse na Cynthia Erivo, akaba agiye kuyigaragaramo nyuma ya ‘Chrismas in Lagos’ yo muri Nollywood(Nigeria) film yagaragayemo bwa mbere.

Ayra Starr akomeje kwinjira muri cinema, nyuma y’abandi bahanzi bo muri Nigeria nabo bagiye bagaragara muri film zitandukanye barimo nka Simi, Yemi Alade, Tiwa Savage, Falz n’abandi.

Kugeza ubu itunganywa ry’iyi filime ryaratangiye ndetse iri gukorwa n’inzu itunganya filime ya Lucasfilms izwiho gukora filime z’uruhererekane zakunzwe za ‘Star Wars’.

Ayra Starr ugiye kwinjira muri sinema, asanzwe ari mu bahanzikazi bakomeye muri Afurika, ndetse yakoze indirimbo zatumye amenyekana zirimo nka ‘Away’, ‘Rush’, ‘Blood Samaritan’ n’izindi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?