BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Ayra Starr yinjiye mu ruganda rwa cinema rwa Hollywood

Ayra Starr yinjiye mu ruganda rwa cinema rwa Hollywood

sam
Last updated: March 10, 2025 9:49 am
sam
Share
SHARE

Umuhanzikazi Ayra Starr umaze kubaka izina muri muzika haba muri Africa no ku isi yose, agiye kugaragara muri film yitwa ‘Children of Blood and Bone’ ishingiye ku gitabo cyanditswe na Tomi Adeyemi cyakunzwe cyane mu 2018.

Iyi ni film Ayra azahuriramo n’abakinnyi ba film b’ibyamamare nka Idris Elba, Viola Davis ndetse na Cynthia Erivo, akaba agiye kuyigaragaramo nyuma ya ‘Chrismas in Lagos’ yo muri Nollywood(Nigeria) film yagaragayemo bwa mbere.

Ayra Starr akomeje kwinjira muri cinema, nyuma y’abandi bahanzi bo muri Nigeria nabo bagiye bagaragara muri film zitandukanye barimo nka Simi, Yemi Alade, Tiwa Savage, Falz n’abandi.

Kugeza ubu itunganywa ry’iyi filime ryaratangiye ndetse iri gukorwa n’inzu itunganya filime ya Lucasfilms izwiho gukora filime z’uruhererekane zakunzwe za ‘Star Wars’.

Ayra Starr ugiye kwinjira muri sinema, asanzwe ari mu bahanzikazi bakomeye muri Afurika, ndetse yakoze indirimbo zatumye amenyekana zirimo nka ‘Away’, ‘Rush’, ‘Blood Samaritan’ n’izindi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
Imyidagaduro

Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana

3 Min Read
Imyidagaduro

Yago yemeje ko yatandukanye n’ukobwa baherutse ku byarana

2 Min Read
Imyidagaduro

Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?