BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Element yitabiriye umwiherero w’aba ‘producers’ n’abahanzi muri Uganda

Element yitabiriye umwiherero w’aba ‘producers’ n’abahanzi muri Uganda

sam
Last updated: March 5, 2025 2:08 pm
sam
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umwe mu bakora bakanatunganya indirimbo Mugisha Robinson uzwi nka Element Eleeeh, ari mu gihugu cya Uganda aho yitabiriye umwiherero uciye ingando w’abahanzi n’abatunganya umuziki uhuza abo muri Afurika y’Iburasirazuba nabo mu Burayi.

Ni urugendo yagize nyuma yo kuva muri Tanzania mu birori byo gutanga ibihembo bya Trace Awards, akaba yaratumiwe akanakirwa na Perezida wa UNMF Eddy Kenzo hamwe n’itsinda rye.

Amakuru avuga ko uruzinduko Element yagiyemo rugamije kwitabira umwiherero uciye ingando, ugamije gufasha no guhuza inganda z’umuziki wo mu Karere ka Afurika y’Ibirasirazuba hanwe n’u Burayi cyiswe ABM music camp (Africa Bureau Music).

Ni igikorwa biteganyijwe ko kizamara iminsi itandatu, kuko cyatangiye ku wa 3 kikazarangira ku ya 8 Werurwe 2025, aho yahuriyemo n’abahanzi batandukanye bo mu Karere barimo Azawi n’abandi.

Uretse kuba Element ari umuhanga mu bijyanye no gutunganya indirimbo, azwi no mu ndirimbo zitandukanye zirimo Kashe, Milele n’izindi yagiye afatanya n’abandi bahanzi.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?