BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Kigali : Adekunle Gold ategerejwe gususurutsa abitabiriye imikino ya BAL

Kigali : Adekunle Gold ategerejwe gususurutsa abitabiriye imikino ya BAL

Patrick Maisha
Last updated: May 23, 2024 9:15 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Umunya-Nigeria, Adekunde Kasoko uzwi ku izina rya Adekunle Gold, ari i Kigali aho yatumiwe mu gikorwa cyo gususurutsa abazitabira imikino ya nyuma ya BAL muri BK Arena ku wa 24 Gicurasi 2024.

Adekunle Gold yagaragaje inyota n’ibyishimo yari afite byo kongera gutaramira i Kigali

Ati “Mbere y’uko ngera i Kigali narindi kuvugana n’inshuti yanjye mubwira uko u Rwanda ariki kimwe mu bihugu by’Afurika birimo gutera imbere, ni ibyo kwishimirwa cyane .”

Usibye Adekunle Gold uzataramira abazitabira iyi mikino, hari n’abahanzi babanyarwanda ndetse n’aba Djs batandukanye.

Abahanzi Nyarwanda bazasusurutsa abitabiriye iyi mikino barimo Bwiza, Juno Kizigenza, Itorero inganzo Ngari, Kenny Sol, Alyn Sano,Chris Easy, Ish Kevin, Kevin Kade, Kivumbi King ndetse n’abandi.

Muri iyi mikino Al Ahly Ly (Libya) izahura na Cape Town Tigers (Afurika y’Epfo) mu gihe Al Ahly (Misiri) izakina na FUS Rabat (Maroc).

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
Imyidagaduro

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

1 Min Read
Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?