BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Patrick Maisha
Last updated: May 23, 2024 8:35 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Abafite amavuriro yigenga bijejwe ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe. Ibi minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yavugiye mu nteko rusange y’ishyirahamwe ry’abaganga bigenga mu Rwanda ubwo bareberaga hamwe zimwe mu nzitizi bagihura nazo mu gutanga serivise z’ubuvuzi n’uburyo zakemurwa haganijwe kunoza imitangire ya serivise z’ubuvuzi.

Dr Nsanzimana  yavuze ko mu gihe kitarenze ibyumweru 2 hazashyirwaho ibiciro bishya by’imiti na serivisi z’ubuzima mu gukemura ikibazo cy’ibiciro bitajyanye n’igihe.
Dr Nsanzimana Sabin yanenze kandi imyitwarire y’ibigo by’ubwishingizi bidaha ubwisanzure burambuye abaganga mu mitangire ya serivise n’imiti bandikira abarwayi.
Yijeje kandi abashoye imari mu mavuriro yigenga ko bazoroherezwa kubona ibyangombwa byo gukora akazi neza.

Ibiciro by’imiti bishya bijyiye kuvugururwa  mu mavuriro yijyenga nyuma y’imyaka igera kuri 7 bishyizweho na minisiteri y’ubuzima .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique asuye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mocímboa da Praia

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda baturutse muri DRC barenga 300

1 Min Read
Mu Rwanda

Mu Rwanda hagiye kujya hapimwa ADN z’ibimera n’inyamaswa

3 Min Read
Mu Rwanda

Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waraheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?