BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Patrick Maisha
Last updated: May 23, 2024 8:35 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Abafite amavuriro yigenga bijejwe ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe. Ibi minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yavugiye mu nteko rusange y’ishyirahamwe ry’abaganga bigenga mu Rwanda ubwo bareberaga hamwe zimwe mu nzitizi bagihura nazo mu gutanga serivise z’ubuvuzi n’uburyo zakemurwa haganijwe kunoza imitangire ya serivise z’ubuvuzi.

Dr Nsanzimana  yavuze ko mu gihe kitarenze ibyumweru 2 hazashyirwaho ibiciro bishya by’imiti na serivisi z’ubuzima mu gukemura ikibazo cy’ibiciro bitajyanye n’igihe.
Dr Nsanzimana Sabin yanenze kandi imyitwarire y’ibigo by’ubwishingizi bidaha ubwisanzure burambuye abaganga mu mitangire ya serivise n’imiti bandikira abarwayi.
Yijeje kandi abashoye imari mu mavuriro yigenga ko bazoroherezwa kubona ibyangombwa byo gukora akazi neza.

Ibiciro by’imiti bishya bijyiye kuvugururwa  mu mavuriro yijyenga nyuma y’imyaka igera kuri 7 bishyizweho na minisiteri y’ubuzima .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda ana Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye

2 Min Read
Mu Rwanda

NYARUGENGE: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibiro 36

3 Min Read
Mu Rwanda

Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida Ruto impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda muri Kenya

1 Min Read
Mu Rwanda

Umunyarwanda yabaye Ambasaderi w’umwaka muri Canada

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?