BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Patrick Maisha
Last updated: May 23, 2024 8:35 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Abafite amavuriro yigenga bijejwe ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe. Ibi minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yavugiye mu nteko rusange y’ishyirahamwe ry’abaganga bigenga mu Rwanda ubwo bareberaga hamwe zimwe mu nzitizi bagihura nazo mu gutanga serivise z’ubuvuzi n’uburyo zakemurwa haganijwe kunoza imitangire ya serivise z’ubuvuzi.

Dr Nsanzimana  yavuze ko mu gihe kitarenze ibyumweru 2 hazashyirwaho ibiciro bishya by’imiti na serivisi z’ubuzima mu gukemura ikibazo cy’ibiciro bitajyanye n’igihe.
Dr Nsanzimana Sabin yanenze kandi imyitwarire y’ibigo by’ubwishingizi bidaha ubwisanzure burambuye abaganga mu mitangire ya serivise n’imiti bandikira abarwayi.
Yijeje kandi abashoye imari mu mavuriro yigenga ko bazoroherezwa kubona ibyangombwa byo gukora akazi neza.

Ibiciro by’imiti bishya bijyiye kuvugururwa  mu mavuriro yijyenga nyuma y’imyaka igera kuri 7 bishyizweho na minisiteri y’ubuzima .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Icyambu cya Karongi kinyuzwaho toni 8000 za sima buri kwezi

3 Min Read
Mu Rwanda

Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23.

3 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Bruce Melodie yamurikiye Ambasaderi Nyamvumba imishinga afite

1 Min Read
Mu Rwanda

REB ishyize umucyo ku cyibazo cy’umunyeshuri wirukaniwe ’kumena amazi ku bikoresho bya bagenzi be

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?