BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Hagiye gushyirwaho ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe

Patrick Maisha
Last updated: May 23, 2024 8:35 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Abafite amavuriro yigenga bijejwe ibiciro bishya by’imiti bijyanye n’igihe. Ibi minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yavugiye mu nteko rusange y’ishyirahamwe ry’abaganga bigenga mu Rwanda ubwo bareberaga hamwe zimwe mu nzitizi bagihura nazo mu gutanga serivise z’ubuvuzi n’uburyo zakemurwa haganijwe kunoza imitangire ya serivise z’ubuvuzi.

Dr Nsanzimana  yavuze ko mu gihe kitarenze ibyumweru 2 hazashyirwaho ibiciro bishya by’imiti na serivisi z’ubuzima mu gukemura ikibazo cy’ibiciro bitajyanye n’igihe.
Dr Nsanzimana Sabin yanenze kandi imyitwarire y’ibigo by’ubwishingizi bidaha ubwisanzure burambuye abaganga mu mitangire ya serivise n’imiti bandikira abarwayi.
Yijeje kandi abashoye imari mu mavuriro yigenga ko bazoroherezwa kubona ibyangombwa byo gukora akazi neza.

Ibiciro by’imiti bishya bijyiye kuvugururwa  mu mavuriro yijyenga nyuma y’imyaka igera kuri 7 bishyizweho na minisiteri y’ubuzima .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya…

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda rugiye gushyira amarerero mu bigo bya Polisi

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Loni yashyimye RDC na M23 basinye amasezerano aganisha ku mahoro

1 Min Read
Mu Rwanda

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?