BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Burera : Umwarimukazi yagaragaje ko ashaka gukabya inzozi ze zo kuba umudepite

Burera : Umwarimukazi yagaragaje ko ashaka gukabya inzozi ze zo kuba umudepite

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 2:06 pm
Patrick Maisha
Share
SHARE

Kuri uyu wa 21 Gicurasi Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro cy’Abagore.

Nyiramahirwe Jeanne d’Arc mu gitondo yafashe moto yerekeza ku biro bya Komisiyo y’Amatora gutanga kandidatire ye.

Nyuma yo gutanga kandidatire ye yagaragaje ko yiteguye kwegukana umwanya mu badepite 24 b’abagore, kandi ko afite icyizere cy’uko azabasha kuzuza inshingano kuko yabaye mu myanya itandukanye y’inzego z’ibanze.

Ati: “Nzabishobora, kuko nabibayemo mpagarariye urubyiruko, nabaye no mu nama Njyanama y’Akarere ka Burera, urumva ko ku bijyanye n’umurongo n’icyerekezo by’igihugu ndi tayali, niyo mpamvu nshaka kugira ngo umusanzu wanjye ube wakomereza mu badepite.”

Ni mu gihe biteganyijwe ko ku wa 29 Kamena 2024, aribwo hazatangazwa lisiti y’itora ntakuka, ndetse ku wa 14 Nyakanga hakaba amatora ku Banyarwanda baba mu mahanga, naho ku wa 15 Nyakanga 2024 hakaba amatora imbere mu gihugu.

NEC kandi iteganya ko kuva ku wa 22 Kamena kugeza 13 Nyakanga 2024 hazatangira ibikorwa byo kwiyamamaza.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya…

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda rugiye gushyira amarerero mu bigo bya Polisi

1 Min Read
Mu Rwanda

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

1 Min Read
Mu Rwanda

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Aba Minisitiri b’umutekano w’imbere mu Rwanda na DR.Congo bahuriye muri Qatar

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?