BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

sam
Last updated: July 3, 2024 10:31 am
sam
Share
SHARE

Umukobwa usanzwe ari umuganga i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde uri mu kigero cy’imyaka 25, yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore.

Nyuma yo gukatwa ubugabo yihutanywe igitaraganya mu bitaro bikuru bya Kaminuza ya Patna aho yagiye kwitabwaho n’abaganga.

Uyu mukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we kubera umujinya w’uko yanze kumushaka kandi bamaranye imyaka itatu bari mu munyenga w’urukundo.

Amakuru avuga ko umukobwa yareheje uyu musore akamutumira iwe ,maze ahageza amukata ubugabo akoresheje icyuma.

Umukozi wa sitasiyo ya polisi yo muri Madhaura mu karere ka Saran yemeje aya makuru avuga ko abaturage bahamagaye polisi nyuma yo kumva umusore ataka bahuruye basanga aryamye mu kidendezi cy’amaraso.

Ni mu gihe umukobwa yamaze gutabwa muri yombi ndetse iperereza rikaba ryatangiye.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

Amatora ya FERWAFA ntavugwaho rumwe n’abagize komite nyobozi

Bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse…

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?