BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 10:49 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 21 Gicurasi 2024, umuyobozi wungirije w’akagali ka Murambi ho mu murenge wa Rubavu (SEDO), yarashwe n’abapolisi bari bari kuburinzi bamwibeshyamo umugizi wa nabi .

Amakuru avuga ko ubwo yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara muri uyu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza polisi ikahagera, polisi yamurashe mu kaguru imwibeshyaho ko ari umugizi wa nabi.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface yemeje aya makuru avuga ko uyu muyobozi koko yakomerekejwe na polisi ubwo yari itabaye nk’uko bitangazwa na BWIZA.

Yagize ati: “Kugeza ubu ntiturasobanukirwa niba yari umwe mu batabaye, cyangwa niba yari umugenzi wari kuri moto. Gusa yakomerekeye mu gutabara kwa Polisi, kandi iperereza rirakomeje.”

Yangeye ho kandi ko ubwo polisi yatabaraga hari bamwe mu bagizi ba nabi bafashwe ndetse ko ipererza rigikomeje gukorewa kugira ngo hafatwe n’abandi.

ACP Rutikanga Boniface kandi yahumurije abaturage ababwira ko inzego z’’umutekano zibabereye maso ndetse n’ubufatanye bwo gutangira amakuru ku gihe.

Kugeza ubu uwarashwe arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Gisenyi, akaba ari ahasanzwe hakirirwa indembe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
Imikino

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?