BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 10:49 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 21 Gicurasi 2024, umuyobozi wungirije w’akagali ka Murambi ho mu murenge wa Rubavu (SEDO), yarashwe n’abapolisi bari bari kuburinzi bamwibeshyamo umugizi wa nabi .

Amakuru avuga ko ubwo yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara muri uyu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza polisi ikahagera, polisi yamurashe mu kaguru imwibeshyaho ko ari umugizi wa nabi.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface yemeje aya makuru avuga ko uyu muyobozi koko yakomerekejwe na polisi ubwo yari itabaye nk’uko bitangazwa na BWIZA.

Yagize ati: “Kugeza ubu ntiturasobanukirwa niba yari umwe mu batabaye, cyangwa niba yari umugenzi wari kuri moto. Gusa yakomerekeye mu gutabara kwa Polisi, kandi iperereza rirakomeje.”

Yangeye ho kandi ko ubwo polisi yatabaraga hari bamwe mu bagizi ba nabi bafashwe ndetse ko ipererza rigikomeje gukorewa kugira ngo hafatwe n’abandi.

ACP Rutikanga Boniface kandi yahumurije abaturage ababwira ko inzego z’’umutekano zibabereye maso ndetse n’ubufatanye bwo gutangira amakuru ku gihe.

Kugeza ubu uwarashwe arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Gisenyi, akaba ari ahasanzwe hakirirwa indembe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
Imikino

APR FC yirukanye umutoza wayo Darko Nović n’abamwungirije

1 Min Read
Imikino

Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?