BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 10:49 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 21 Gicurasi 2024, umuyobozi wungirije w’akagali ka Murambi ho mu murenge wa Rubavu (SEDO), yarashwe n’abapolisi bari bari kuburinzi bamwibeshyamo umugizi wa nabi .

Amakuru avuga ko ubwo yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara muri uyu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza polisi ikahagera, polisi yamurashe mu kaguru imwibeshyaho ko ari umugizi wa nabi.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface yemeje aya makuru avuga ko uyu muyobozi koko yakomerekejwe na polisi ubwo yari itabaye nk’uko bitangazwa na BWIZA.

Yagize ati: “Kugeza ubu ntiturasobanukirwa niba yari umwe mu batabaye, cyangwa niba yari umugenzi wari kuri moto. Gusa yakomerekeye mu gutabara kwa Polisi, kandi iperereza rirakomeje.”

Yangeye ho kandi ko ubwo polisi yatabaraga hari bamwe mu bagizi ba nabi bafashwe ndetse ko ipererza rigikomeje gukorewa kugira ngo hafatwe n’abandi.

ACP Rutikanga Boniface kandi yahumurije abaturage ababwira ko inzego z’’umutekano zibabereye maso ndetse n’ubufatanye bwo gutangira amakuru ku gihe.

Kugeza ubu uwarashwe arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Gisenyi, akaba ari ahasanzwe hakirirwa indembe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?