BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > RIB yataye muri yombi abantu 10 barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo,

RIB yataye muri yombi abantu 10 barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo,

Patrick Maisha
Last updated: May 22, 2024 8:20 am
Patrick Maisha
Share
SHARE


Mu ijoro ryo ku wa 21 Gicurasi 2024, urwego rw’ubugenzacyaha rwashimangiye amakuru y’uko rwataye muri yombi abantu 10 n’abafatanyacyaha babo bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba indonke abantu bafite ababo bafunzwe kungira ngo bafungurwe .

Abatawe muri yombi barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, umushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngarama, umugenzacyaha, umuhesha w’Inkiko w’Umwuga n’abafatanyacyaha babo.

Aba bakurikiranyweho gukorana n’abiyise abakomisiyoneri mu gusaba indonke abafite ababo bafunzwe kugira ngo barekurwe.

RIB yemeje kandi ko yanataye muri yombi abaturage 2 bafite ababo bafunze aribo Iradukunda Diane na Vicent Seroza.

Umuvugizi wa RIB , Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko abatawe muri yombi ko byavuye mu iperereza ryari rimaze igihe rikorwa ku cyaha bacyekwaho cyo gusaba no kwakira indonke .

Aba batawe muri yombi tariki 16 Gicurasi 2024. Abatawe muri yombi bafungiye kuri sitasiyo za RIB zirimo Nyarugenge, Kicukiro, Nyamirambo, Kimihurura, Kimironko ndetse na Remera mu gihe dosiye zabo ziri gutunganywa ngo zishyikirinzwe ubushinjacyaha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Minisitiri w’ubutabera yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha

1 Min Read
Ubutabera

Minisitiri w’ubutabera wa DRC Mutamba yambuwe ubudahangarwa kubera ruswa

2 Min Read
Ubutabera

Urukiko rwategetse ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo

1 Min Read
Ubutabera

Abanyamahanga batatu bakekwaho ubucuruzi bw’amafara butemewe  batawe muri yombi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?