BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Nigeria : Abarimo pasiteri batawe muri yombi bazira kugurisha uruhinja

Nigeria : Abarimo pasiteri batawe muri yombi bazira kugurisha uruhinja

sam
Last updated: July 29, 2024 8:17 am
sam
Share
SHARE

Ku wa 27 Nyakanga 2024 , Polisi ya Nigeria yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu 4 barimo n’umupasiteri bakekwaho kugurisha uruhinja rw’amezi 2.

Umuvugizi wa polisi i Lagos SP Benjamin Hundeyin, yatangaje  ko abashinzwe iperereza kuri sitasiyo ya Oko-oba bamaze guta muri yombi abakekwa ndetse ko iperereza rigikomeje.

Amakuru aravuga ko umwe mu bakoze ubwo bujura yaje agafata umwana nyina atabizi, hanyuma akamujyana ahantu hatazwi mu rwego rwo kumugurisha rwihishwa nk’uko byaje gutahurwa n’abakoze iperereza. Icyo gihe hari tariki 11 Nyakanga 2024.

Umwe mu bakekwa kugira uruhare muri ubu bujura  witwa Gloria ndetse anemera  ko yagurishije umwana  amafaranga yaho ibihumbi 500. Yanemeje ko uwo yamugurushijeho ari Pasiteri Peter.

Pasiteri Peter na we yaje gufatirwa mu mujyi wa Ikenne aho yasobanuye ko umwana yamugurishije akabakaba miliyoni 1.4. Pasiteri yahise avuga ko uwitwa Loretta ari we wamuguze. Bidatinze uyu Loretta yahise atabwa muri yombi anemera ko yamutanze bakamuha asaga miliyoni 2.3.

Mu baguze uyu mwana banyuma bakekwa harimo uwitwa James na madamu we bafatiwe mu birori byo kwita izina uyu mwana bivugwa ko baguze magendu.

Biteganyijwe ko abatawe muri yombi bose baza kugezwa imbere y’ubutabera bakanaburanishwa nyuma y’iperereza rigikomeje gukorwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
Utuntu n'utundi

Yakatiwe gufungwa amezi abiri azira umubyibuho w’imbwa ye ukabije

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?