BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Nigeria : Abarimo pasiteri batawe muri yombi bazira kugurisha uruhinja

Nigeria : Abarimo pasiteri batawe muri yombi bazira kugurisha uruhinja

sam
Last updated: July 29, 2024 8:17 am
sam
Share
SHARE

Ku wa 27 Nyakanga 2024 , Polisi ya Nigeria yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu 4 barimo n’umupasiteri bakekwaho kugurisha uruhinja rw’amezi 2.

Umuvugizi wa polisi i Lagos SP Benjamin Hundeyin, yatangaje  ko abashinzwe iperereza kuri sitasiyo ya Oko-oba bamaze guta muri yombi abakekwa ndetse ko iperereza rigikomeje.

Amakuru aravuga ko umwe mu bakoze ubwo bujura yaje agafata umwana nyina atabizi, hanyuma akamujyana ahantu hatazwi mu rwego rwo kumugurisha rwihishwa nk’uko byaje gutahurwa n’abakoze iperereza. Icyo gihe hari tariki 11 Nyakanga 2024.

Umwe mu bakekwa kugira uruhare muri ubu bujura  witwa Gloria ndetse anemera  ko yagurishije umwana  amafaranga yaho ibihumbi 500. Yanemeje ko uwo yamugurushijeho ari Pasiteri Peter.

Pasiteri Peter na we yaje gufatirwa mu mujyi wa Ikenne aho yasobanuye ko umwana yamugurishije akabakaba miliyoni 1.4. Pasiteri yahise avuga ko uwitwa Loretta ari we wamuguze. Bidatinze uyu Loretta yahise atabwa muri yombi anemera ko yamutanze bakamuha asaga miliyoni 2.3.

Mu baguze uyu mwana banyuma bakekwa harimo uwitwa James na madamu we bafatiwe mu birori byo kwita izina uyu mwana bivugwa ko baguze magendu.

Biteganyijwe ko abatawe muri yombi bose baza kugezwa imbere y’ubutabera bakanaburanishwa nyuma y’iperereza rigikomeje gukorwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

Amatora ya FERWAFA ntavugwaho rumwe n’abagize komite nyobozi

Bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse…

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?