BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > FERWAFA yirukanye abasifuzi 3 burundu muri uyu mwuga

FERWAFA yirukanye abasifuzi 3 burundu muri uyu mwuga

sam
Last updated: May 13, 2025 10:59 am
sam
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’umupra w’amaguru mu Rwanda FERWAFA kuri uyu wa kabiri ryatangaje ko ryirukanye abasifuzi batatu kubera imyitwarire  yabo idahura n’indangagaciro ziranga abasifuzi.

Mu mabaruwa FERWAFA yandikiye basifuzi 3, ivuga ko bahowe gushishikariza abandi basifuzi gukora Betting ku mikino bari busifure.

Abirukanwe barimo Amida Hemedi kubera kugira uruhare mu gukora ‘match Uwimana Ally washishikarije bagenzi be gutega ku mikino yo mu Rwanda bagombaga gusifura.

Aba kandi barimo Mbarute Djihadi wakiraga amafaranga y’abashaka gukora “Match-fixing”.

Aba basifuzi bakunze gusifura imikino y’icyiciro cya kabiri ndetse no mu bari n’abategarugori. Nkuko bitangazwa na FERWAFA, ivuga ko aba birukanwe burundu mu gusifura hano mu Rwanda.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
Imikino

APR FC yirukanye umutoza wayo Darko Nović n’abamwungirije

1 Min Read
Imikino

Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?