BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Abatubuzi bamucucuye asaga miliyoni 8 bamubeshya ko bamuhaye amagi ya Kagoma.

Abatubuzi bamucucuye asaga miliyoni 8 bamubeshya ko bamuhaye amagi ya Kagoma.

Patrick Maisha
Last updated: May 8, 2024 5:37 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Icyaha cy’ubushukanyi benshi bakunze kwita ubutubuzi n’ikimwe mu byaha bikomeje gufata umurego mu gihugu .

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwaburiye abakomeza kwishora muri ibi byaha by’ubwambuzi bushukana ko itazabihanganira na rimwe ndetse ko abantu bakwiye kuba maso kuko ababikora bamaze kuba benshi umunsi ku munsi .

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry , akanira na Igihe yavuze ko ari ibyaha bikomeza kwiyongera umunsi ku wundi ariko ko RIB itazigeara yihanganira ababikora .

Dr. Murangira yatanze urugero rw’umuturage abatekamitwe bariye agera kuri miliyo 8 bamwizeza ko bamuhaye amagi ya Kagomo ko ari imari ishyushye muri Amerika .

Uwashutswe bamubwiye ko hari Kagoma yacyitse muri Amerika ndetse ko ariyo yari isigayeyo yonyone  dore ko iri no mu kirango cy’Amerika gusa ko yapfuye imaze gutera amagi 18 .

Yabwiwe ko gucika kw’iyi Kagoma byahangayikijije iki higuhu ndetse n’Isi aribyo byatumye bashyiriraho  akayabo ka 3000 $   ( arenga miliyoni 3,8Frw) kuri buri gi.

Yahise yumva ari imari ishyushye atanga agera kuri miliyoni 8 ngo bayamuhe bamuha ay’inko asize igange ry’ubururu , abimenya nyuma , ashatse abayamuhaye n’abo yahaye amafaranga arabaheba.

RIB iburira Abaturarwanda ,ibasaba kugira amakenga igihe hari ababizeza inyungu z’umurengera mu gihe gito kuko akenshi ibyo biba ari uburiganya bugamije kubacuza utwabo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
Utuntu n'utundi

Yakatiwe gufungwa amezi abiri azira umubyibuho w’imbwa ye ukabije

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?