BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

sam
Last updated: May 13, 2025 2:39 pm
sam
Share
SHARE

Abakinnyi ba AS Kigali banze gukora imyitozo batarahembwa nibura amezi arenga abiri muri atandatu baberewemo.

Muri iyi kipe y’Umujyi harimo abakinnyi bamaze amezi atandatu badahembwa n’abandi bafitiwe amezi ane.

Ni mu gihe abatoza bamaze amezi 10 badakorwa mu ntoki ndetse bafite n’impungenge zo kudahembwa n’ukwa 11.

Kenshi mu mpera za Shampiyona, abagize amakipe batangira kugira ibikorwa banga gukora mu rwego rwo kwishyuza imishahara yabo kuko iyo irangiye kubona ubuyobozi bavuga ko biba bigoye cyane. Ni mu gihe, abasoje amasezerano bo aba ari ibindi bindi.

Kugeza ku munsi wa 27 wa Shampiyona, AS Kigali iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 44, irushwa 14 na APR FC ya kabiri.

Ku wa Mbere, tariki ya 19 Gicurasi, AS Kigali izakira Etincelles FC.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
Imikino

Diogo Jota wakiniraga Liverpool yitabye Imana

1 Min Read
Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?