BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

Abakinnyi ba AS Kigali banze kwitabira imyitozo kubera  kudahembwa

sam
Last updated: May 13, 2025 2:39 pm
sam
Share
SHARE

Abakinnyi ba AS Kigali banze gukora imyitozo batarahembwa nibura amezi arenga abiri muri atandatu baberewemo.

Muri iyi kipe y’Umujyi harimo abakinnyi bamaze amezi atandatu badahembwa n’abandi bafitiwe amezi ane.

Ni mu gihe abatoza bamaze amezi 10 badakorwa mu ntoki ndetse bafite n’impungenge zo kudahembwa n’ukwa 11.

Kenshi mu mpera za Shampiyona, abagize amakipe batangira kugira ibikorwa banga gukora mu rwego rwo kwishyuza imishahara yabo kuko iyo irangiye kubona ubuyobozi bavuga ko biba bigoye cyane. Ni mu gihe, abasoje amasezerano bo aba ari ibindi bindi.

Kugeza ku munsi wa 27 wa Shampiyona, AS Kigali iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 44, irushwa 14 na APR FC ya kabiri.

Ku wa Mbere, tariki ya 19 Gicurasi, AS Kigali izakira Etincelles FC.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
Imikino

APR FC yirukanye umutoza wayo Darko Nović n’abamwungirije

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yirukanye abasifuzi 3 burundu muri uyu mwuga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?