BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > FERWAFA yinjiye mu mizi y’ikibazo cya Migi

FERWAFA yinjiye mu mizi y’ikibazo cya Migi

sam
Last updated: March 19, 2025 7:14 am
sam
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA)ryatangaje ryatangiye gukurikirana mu mizi ikibazo cy’amajwi yumvikanye ku mbuga nkoranyambaga  y’umutoza wungirije wa Muhazi United FC Mugiraneza Jean Baptiste wumvikanye asaba myugariwo wa Musanze FC Bakaki Shafiq kwitsindisha ku mukino wa Kiyovu FC .

Mu itangazo FERWAFA yashyize ahagaragara kuri uyu 18 Werurwe 2025 , yatangarije abakunzi b’umupira w’amaguru ko nyuma yo kumva aya majwi yahisemo gushyikiriza iki kibazo Komisiyo ngengamyitwarire kugira ngo igikurikirane muburyo ngengamyitwarire ya FERWAFA.

FERWAFA kandi yatangaje ibi nyuma y’uko uyu mutoza wungirije  yamaze guhagarikwa  by’agateganyo n’ubuyobozi bwa Muhazi United FC kugira ngo nabwo bukore iperereza ryabwo.

FERWAFA  yemeza ko imyanzuro izafatwa kuri iki kibazo izatangazwa mu gihe gikwiriye.

Amakuru kuri iki kibazo avuga ko Migi yahamagaye Bakaki, amusaba kuzitsindisha ku mukino Musanze FC yakiriyemo Kiyovu Sports, amwizeza kuzamugororera umwaka utaha .

Zimwe mu ngororano yasezeranyije uyu myugariro ukomoka muri Uganda  harimo kuzamujyana muri Kiyovu sports , dore ko yitegura kuzatoza Urucaca mu mwaka utaha ndetse amubwira ko yamaze kuyisinyira imbanziriza masezerano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
Imikino

Diogo Jota wakiniraga Liverpool yitabye Imana

1 Min Read
Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?