BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

sam
Last updated: January 13, 2025 8:01 am
sam
Share
SHARE

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal haravugwa urupfu rw’umukozi wo mu rwuri w’imyaka 45 bivugwa ko yageragezaga gufata inka ku ngufu.

Uyu mugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rw’inka yambaye agakingirizo yari agiye gukoresha afata kungufu iyo nka.

Amakuru yatangajwe n’abakozi bagenzi be avuga ko uyu nyakwigendera yari yabanjirije abandi mu kazi ubwo yari agiye gukama inka ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu aho yari abasize aho bariraga.

Nyuma yo kujya gukama bagenze be bategereje ko agaruka baraheba ariko bahise batangira kumushakisha ni uko maze baza kumusanga yapfuye.

Umwe muri bagenzi be yabwiye polisi ko bari baraye basangiye inzoga ariko nyakwigendera agira umwihariko wo kugaruka mu rwuri avuga ko agiye gukama andi mata.

Ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice za mu gitondo, nibwo umurambo we wabonwe n’abakozi bagenzi be, basanga aryamye iruhande rw’inka yapfuye.

Iperereza rya polisi ryatangijwe kugira ngo hamenyekane neza icyateye urupfu rwe ariko birakekwa ko yakubiswe bikomeye n’iyo nka ubwo yari agerageza kuyifata ku ngufu.

Ibi byabaye nyuma y’amezi atanu undi muturage wo mu Burusiya, Evgenii Kuvshinov yishwe n’inka muri Thailande na we bivugwa ko yashatse kuyifata ku ngufu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Yakatiwe gufungwa amezi abiri azira umubyibuho w’imbwa ye ukabije

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?