BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Amerika : TikTok yagejejwe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

Amerika : TikTok yagejejwe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

sam
Last updated: October 9, 2024 3:03 pm
sam
Share
SHARE

Urubuga rwa TikTok rwagejejwe mu nkiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinjwa kurangaza abana bato.

Ni iki kirego cyatanzwe muri Leta 14 aho bashinja uru rubuga kwereka abana bato ibyo bakunda uko bamaraho umwanya bagakomeza kubereka ibyo bakunda bityo rukabarangaza.

Si uru rubanza gusa ahubwo TikTok yashinjwaga kutabika neza amabanga y’abarukoresha ahubwo rugatanga ayo mabanga mu Bushinwa.

Iki kigo gishinjwa kwereka abana ibintu bijyanye n’ibyo bakunda, igakomeza kubibahata ku buryo bamara umwanya munini kuri TikTok.

TikTok yahakanye ibyo ishinjwa, ivuga ko nta kuri kurimo. Icyo kigo cyatangaje ko bibabaje kuba Leta zo muri Amerika zahisemo kuyijyana mu nkiko, aho kurebera hamwe uburyo ahari ikibazo hakosorwa.

Ikigo cyabyaye TikTok aricyo ByteDance kimaze iminsi mu zindi manza muri Amerika, aho gishinjwa gutanga amabanga y’abayikoresha kuri Leta y’u Bushinwa. Ni ibirego bishobora gutuma ihagarikwa muri Amerika.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?