BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Amerika : TikTok yagejejwe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

Amerika : TikTok yagejejwe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

sam
Last updated: October 9, 2024 3:03 pm
sam
Share
SHARE

Urubuga rwa TikTok rwagejejwe mu nkiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinjwa kurangaza abana bato.

Ni iki kirego cyatanzwe muri Leta 14 aho bashinja uru rubuga kwereka abana bato ibyo bakunda uko bamaraho umwanya bagakomeza kubereka ibyo bakunda bityo rukabarangaza.

Si uru rubanza gusa ahubwo TikTok yashinjwaga kutabika neza amabanga y’abarukoresha ahubwo rugatanga ayo mabanga mu Bushinwa.

Iki kigo gishinjwa kwereka abana ibintu bijyanye n’ibyo bakunda, igakomeza kubibahata ku buryo bamara umwanya munini kuri TikTok.

TikTok yahakanye ibyo ishinjwa, ivuga ko nta kuri kurimo. Icyo kigo cyatangaje ko bibabaje kuba Leta zo muri Amerika zahisemo kuyijyana mu nkiko, aho kurebera hamwe uburyo ahari ikibazo hakosorwa.

Ikigo cyabyaye TikTok aricyo ByteDance kimaze iminsi mu zindi manza muri Amerika, aho gishinjwa gutanga amabanga y’abayikoresha kuri Leta y’u Bushinwa. Ni ibirego bishobora gutuma ihagarikwa muri Amerika.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
Utuntu n'utundi

Yakatiwe gufungwa amezi abiri azira umubyibuho w’imbwa ye ukabije

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?