BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

sam
Last updated: July 3, 2024 10:31 am
sam
Share
SHARE

Umukobwa usanzwe ari umuganga i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde uri mu kigero cy’imyaka 25, yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore.

Nyuma yo gukatwa ubugabo yihutanywe igitaraganya mu bitaro bikuru bya Kaminuza ya Patna aho yagiye kwitabwaho n’abaganga.

Uyu mukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we kubera umujinya w’uko yanze kumushaka kandi bamaranye imyaka itatu bari mu munyenga w’urukundo.

Amakuru avuga ko umukobwa yareheje uyu musore akamutumira iwe ,maze ahageza amukata ubugabo akoresheje icyuma.

Umukozi wa sitasiyo ya polisi yo muri Madhaura mu karere ka Saran yemeje aya makuru avuga ko abaturage bahamagaye polisi nyuma yo kumva umusore ataka bahuruye basanga aryamye mu kidendezi cy’amaraso.

Ni mu gihe umukobwa yamaze gutabwa muri yombi ndetse iperereza rikaba ryatangiye.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
Utuntu n'utundi

Yakatiwe gufungwa amezi abiri azira umubyibuho w’imbwa ye ukabije

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?