BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 1, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

Umusore yakaswe igitsina n’umukunzi we ubwo yangaga kumugira umugore

sam
Last updated: July 3, 2024 10:31 am
sam
Share
SHARE

Umukobwa usanzwe ari umuganga i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde uri mu kigero cy’imyaka 25, yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore.

Nyuma yo gukatwa ubugabo yihutanywe igitaraganya mu bitaro bikuru bya Kaminuza ya Patna aho yagiye kwitabwaho n’abaganga.

Uyu mukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we kubera umujinya w’uko yanze kumushaka kandi bamaranye imyaka itatu bari mu munyenga w’urukundo.

Amakuru avuga ko umukobwa yareheje uyu musore akamutumira iwe ,maze ahageza amukata ubugabo akoresheje icyuma.

Umukozi wa sitasiyo ya polisi yo muri Madhaura mu karere ka Saran yemeje aya makuru avuga ko abaturage bahamagaye polisi nyuma yo kumva umusore ataka bahuruye basanga aryamye mu kidendezi cy’amaraso.

Ni mu gihe umukobwa yamaze gutabwa muri yombi ndetse iperereza rikaba ryatangiye.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi

Ubwo humvwaga ubuhamya bw’ubushinjacyaha ku birego bwareze Joseph Kabila, urukiko rwasabye ko…

Abarimu ibihumbi 26 bari mu burezi ntibabwize_REB

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi…

Imirimo yakorwaga na BDF yimuriwe muri BRD

Guverinoma y'u Rwanda yimuriye muri Banki y'Amajyambere y'u Rwanda (BRD) inshingano z'Ikigega…

ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya…

Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?