BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > RIB yataye muri yombi abantu 10 barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo,

RIB yataye muri yombi abantu 10 barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo,

Patrick Maisha
Last updated: May 22, 2024 8:20 am
Patrick Maisha
Share
SHARE


Mu ijoro ryo ku wa 21 Gicurasi 2024, urwego rw’ubugenzacyaha rwashimangiye amakuru y’uko rwataye muri yombi abantu 10 n’abafatanyacyaha babo bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba indonke abantu bafite ababo bafunzwe kungira ngo bafungurwe .

Abatawe muri yombi barimo umucamanza ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, umushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngarama, umugenzacyaha, umuhesha w’Inkiko w’Umwuga n’abafatanyacyaha babo.

Aba bakurikiranyweho gukorana n’abiyise abakomisiyoneri mu gusaba indonke abafite ababo bafunzwe kugira ngo barekurwe.

RIB yemeje kandi ko yanataye muri yombi abaturage 2 bafite ababo bafunze aribo Iradukunda Diane na Vicent Seroza.

Umuvugizi wa RIB , Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko abatawe muri yombi ko byavuye mu iperereza ryari rimaze igihe rikorwa ku cyaha bacyekwaho cyo gusaba no kwakira indonke .

Aba batawe muri yombi tariki 16 Gicurasi 2024. Abatawe muri yombi bafungiye kuri sitasiyo za RIB zirimo Nyarugenge, Kicukiro, Nyamirambo, Kimihurura, Kimironko ndetse na Remera mu gihe dosiye zabo ziri gutunganywa ngo zishyikirinzwe ubushinjacyaha.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abanyamayegeko ba Constant Mutamba bwasabye urukiko kudaha agaciro ibyavuye mu iperereza ry’ubushinjacyaha

Abanyamategeko bunganira Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’Ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika…

Dr. Justin Nsengiyumva yagize minisitiri w’intebe

Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya, aho asimbuye…

Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yeretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho…

Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya…

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Dosiye iregwamo umukozi wa NAEB yoherejwe mu Bushinjacyaha

2 Min Read
Ubutabera

Umukozi ushinzwe ubwubatsi mu Mujyi wa Kigali arafunzwe

2 Min Read
Ubutabera

Ubujurire bwa Kazungu Denis bwateshejwe agaciro

2 Min Read
Ubutabera

Gasabo: Polisi yafatiye mu cyuho abantu batatu batekaga kanyanga

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?