BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Rubavu : SEDO w’akagali yarashwe na polisi imwibeshyemo umugizi wa nabi

Patrick Maisha
Last updated: May 21, 2024 10:49 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 21 Gicurasi 2024, umuyobozi wungirije w’akagali ka Murambi ho mu murenge wa Rubavu (SEDO), yarashwe n’abapolisi bari bari kuburinzi bamwibeshyamo umugizi wa nabi .

Amakuru avuga ko ubwo yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara muri uyu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza polisi ikahagera, polisi yamurashe mu kaguru imwibeshyaho ko ari umugizi wa nabi.

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface yemeje aya makuru avuga ko uyu muyobozi koko yakomerekejwe na polisi ubwo yari itabaye nk’uko bitangazwa na BWIZA.

Yagize ati: “Kugeza ubu ntiturasobanukirwa niba yari umwe mu batabaye, cyangwa niba yari umugenzi wari kuri moto. Gusa yakomerekeye mu gutabara kwa Polisi, kandi iperereza rirakomeje.”

Yangeye ho kandi ko ubwo polisi yatabaraga hari bamwe mu bagizi ba nabi bafashwe ndetse ko ipererza rigikomeje gukorewa kugira ngo hafatwe n’abandi.

ACP Rutikanga Boniface kandi yahumurije abaturage ababwira ko inzego z’’umutekano zibabereye maso ndetse n’ubufatanye bwo gutangira amakuru ku gihe.

Kugeza ubu uwarashwe arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Gisenyi, akaba ari ahasanzwe hakirirwa indembe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abanyamayegeko ba Constant Mutamba bwasabye urukiko kudaha agaciro ibyavuye mu iperereza ry’ubushinjacyaha

Abanyamategeko bunganira Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’Ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika…

Dr. Justin Nsengiyumva yagize minisitiri w’intebe

Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya, aho asimbuye…

Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yeretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho…

Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya…

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?