BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 1, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Abatubuzi bamucucuye asaga miliyoni 8 bamubeshya ko bamuhaye amagi ya Kagoma.

Abatubuzi bamucucuye asaga miliyoni 8 bamubeshya ko bamuhaye amagi ya Kagoma.

Patrick Maisha
Last updated: May 8, 2024 5:37 am
Patrick Maisha
Share
SHARE

Icyaha cy’ubushukanyi benshi bakunze kwita ubutubuzi n’ikimwe mu byaha bikomeje gufata umurego mu gihugu .

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwaburiye abakomeza kwishora muri ibi byaha by’ubwambuzi bushukana ko itazabihanganira na rimwe ndetse ko abantu bakwiye kuba maso kuko ababikora bamaze kuba benshi umunsi ku munsi .

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry , akanira na Igihe yavuze ko ari ibyaha bikomeza kwiyongera umunsi ku wundi ariko ko RIB itazigeara yihanganira ababikora .

Dr. Murangira yatanze urugero rw’umuturage abatekamitwe bariye agera kuri miliyo 8 bamwizeza ko bamuhaye amagi ya Kagomo ko ari imari ishyushye muri Amerika .

Uwashutswe bamubwiye ko hari Kagoma yacyitse muri Amerika ndetse ko ariyo yari isigayeyo yonyone  dore ko iri no mu kirango cy’Amerika gusa ko yapfuye imaze gutera amagi 18 .

Yabwiwe ko gucika kw’iyi Kagoma byahangayikijije iki higuhu ndetse n’Isi aribyo byatumye bashyiriraho  akayabo ka 3000 $   ( arenga miliyoni 3,8Frw) kuri buri gi.

Yahise yumva ari imari ishyushye atanga agera kuri miliyoni 8 ngo bayamuhe bamuha ay’inko asize igange ry’ubururu , abimenya nyuma , ashatse abayamuhaye n’abo yahaye amafaranga arabaheba.

RIB iburira Abaturarwanda ,ibasaba kugira amakenga igihe hari ababizeza inyungu z’umurengera mu gihe gito kuko akenshi ibyo biba ari uburiganya bugamije kubacuza utwabo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi

Ubwo humvwaga ubuhamya bw’ubushinjacyaha ku birego bwareze Joseph Kabila, urukiko rwasabye ko…

Abarimu ibihumbi 26 bari mu burezi ntibabwize_REB

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi…

Imirimo yakorwaga na BDF yimuriwe muri BRD

Guverinoma y'u Rwanda yimuriye muri Banki y'Amajyambere y'u Rwanda (BRD) inshingano z'Ikigega…

ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya…

Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?