BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

sam
Last updated: June 28, 2025 4:07 pm
sam
Share
SHARE

Byahishuwe ko Iran yigeze kugera hafi yo kwivugana Mike Pompeo wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri manda ya mbere Perezida Donald Trump mu 2022.

Pompeo yabaye Umunyamabanga wa Leta wa 70 kuva mu 2018 kugeza mu 2021.

Bivugwa ko ngo yarokotse ku buryo bw’igitangaza umugambi wo kumwivugana ubwo yari muri hotel i Paris.

Ni amakuru ari mu gitabo cyitwa 2024: How Trump Retook the White House and the Democrats Lost America cyanditswe na Josh Dawsey, Tyler Pager na Isaac Arnsdorf.

Iby’iyi nkuru ivugwa muri iki gitabo, cyabonywe na The Washington Post mbere y’uko gisohoka mu kwezi gutaha, ntabwo byari byaratangajwe mu ruhame kugeza ubu.

Ngo Abanya-Iran bari bazi hotel y’i Paris Mike Pompeo yari arimo ubwo bageragezaga umugambi wo kumwivugana. Nta bindi bisobanuro byinshi gitanga, uretse ko kuvuga ko uwo mugambi wari hafi kugerwaho.

Iki gitabo kivuga kandi ko Abanya-Iran bagerageje kwivugana bamwe mu bayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika nibura inshuro eshatu mu myaka itatu yabanje mbere y’uko Trump atorwa mu 2024.

Ikindi kidasanzwe kivugwa muri iki gitabo, ni uko Iran yari ifite amatsinda y’abicanyi bakoreraga ku butaka bwa Amerika.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Trump yahamije ko Amerika izakomeza guha intwaro Ukraine

1 Min Read
Amerika

Syria iri mu byishimo byo gukurirwaho ibihano by’ubukungu

1 Min Read
Amerika

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

2 Min Read
Amerika

Iran yemeje ko ibikorwaremezo bya nucléaire byayo byarashweho bikangirika bikomeye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?