BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 4, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

admin
Last updated: February 3, 2026 10:01 am
admin
Share
SHARE

Etincelles FC yahagaritse Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe isigaranwa na Bizimana Abdou ‘Bekeni’ ushinzwe tekinike

Nyuma yo gutsindwa na Mukura VS ku wa Gatandatu, bivugwa ko ari bwo Etincelles FC yahise ifata umwanzuro wo guhagarika umutoza Masudi Djuma n’abari bamwungirije bose. Kuva Masudi Djuma yagera muri Etincelles FC, yari amaze gutsinda umukino umwe gusa, akaba yari ku mwanya wa nyuma ku rutonde rwa shampiyona.

Byagiye bivugwa kenshi ko abakinnyi ba Etincelles FC batumvikana n’umutoza Masudi Djuma, bavuga ko yabasuzuguraga bikabije, ndetse bakaba bari bamaze iminsi basaba ubuyobozi kumwirukana kuko batari bakimwifuza nk’umutoza wabo.

Mu cyumweru gishize ni bwo Etincelles FC yashyizeho Bizimana Abdou Bekeni nk’Umuyobozi wa Tekinike muri iyi kipe, akaba ari we ugiye kuyisigarana by’agateganyo, mu gihe Masudi Djuma ataratandukana na yo burundu cyangwa ngo asubizwe mu kazi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

Etincelles FC yahagaritse Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe…

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana

Valens Rwamukwaya wamaze imyaka 38 mu mwuga w’itangazamakuru, irimo 28 yakoreye ikigo…

Iran yavuze akaga gashobora kwaduka ku Isi mu gihe America yashyira mu bikorwa umugambi iyifiteho

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei yatangaje ko igitero icyo ari…

Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko adatewe ubwoba n’abakomeje…

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

Rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku modoka, Lewis Hamilton n’icyamamare Kim Kardashian,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yemereye amakipe gusimbuza abakinnyi yarekuye

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?