BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

admin
Last updated: November 15, 2022 9:45 am
admin
Share
SHARE

Mu butumwa Dr. Mbonimana Gamariel, PhD yashyize kuri Twitter yagaragaje ko yicuza ibyabaye, ndetse asaba imbabazi Abanyarwanda, nyuma yo kwegura ku mwanya wa Depite kubera ubusinzi, yavuze ko yaretse inzoga burundu.

Hon Mbonimana Gamariel yari amaze imyaka ine ari Umudepite

Mbonimana Gamariel yanditse ati “Mbikuye ku mutima mbasabye imbabazi Nyakubahwa Perezida n’Abanyarwanda mwese. Nakoze icyaha cyo gutwara imodoka nanyweye inzoga.

Nafashe umwanzuro wo kutazongera kunywa inzoga. Mwumve gutakamba kwanjye. Niteguye kuzuza neza izindi nshingano zose mungiriye icyizere.”

Ubutumwa bwe, no gutakamba kwe, yabyoherereje Perezida Paul Kagame.

Yabwiye UMUSEKE ko imbabazi ziri muri buriya butumwa ari we ubwe wazisabye. Ati “Ni icyemezo nafashe ku giti cyanjye, kuko nasuzumye ibyambayeho, na ziriya mpanuro za Perezida wa Repubulika cyane cyane ko ibyo yavugaga byose byambayeho, mpitamo rero gusaba imbabazi no kureka inzoga burundu kuko ni zo ziri inyuma ya biriya byose byabaye.”

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/11/WhatsApp-Audio-2022-11-15-at-09.29.01-online-audio-converter.com-1-1.mp3

“Nibiba ngombwa ayo makuru na yo nzayavugaho” – Depite weguye

TUYISHIMIRE Raymond/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Tuyisenge says:
    November 15, 2022 at 12:56 pm

    Nyakubahwa president warepuburika nyumayumwanzuro mwafashekubwa mbonimana kd nyumayuko yitekerejeho akumva ko akwiyekwisubiraho niba abikuyekumutima mwamubabarira ark mukabanza mukamuha igihecyo kubanzaguha agaciro yatesheje icyizere mwamugiriye mumuhereza kubamumwanya aheruka kweguraho, murakoze.

    Reply
  • Galama rayi says:
    November 15, 2022 at 2:36 pm

    Imbabazi babe baretae kuzimuha kuko yitwaje ICONDICO yica amategeko

    Reply
  • Pingback: Undi Mudepite yeguye “haravugwa ubusinzi”, we akabihakana – IKIGANIRO KIRAMBUYE – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?