BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

admin
Last updated: November 15, 2022 9:45 am
admin
Share
SHARE

Mu butumwa Dr. Mbonimana Gamariel, PhD yashyize kuri Twitter yagaragaje ko yicuza ibyabaye, ndetse asaba imbabazi Abanyarwanda, nyuma yo kwegura ku mwanya wa Depite kubera ubusinzi, yavuze ko yaretse inzoga burundu.

Hon Mbonimana Gamariel yari amaze imyaka ine ari Umudepite

Mbonimana Gamariel yanditse ati “Mbikuye ku mutima mbasabye imbabazi Nyakubahwa Perezida n’Abanyarwanda mwese. Nakoze icyaha cyo gutwara imodoka nanyweye inzoga.

Nafashe umwanzuro wo kutazongera kunywa inzoga. Mwumve gutakamba kwanjye. Niteguye kuzuza neza izindi nshingano zose mungiriye icyizere.”

Ubutumwa bwe, no gutakamba kwe, yabyoherereje Perezida Paul Kagame.

Yabwiye UMUSEKE ko imbabazi ziri muri buriya butumwa ari we ubwe wazisabye. Ati “Ni icyemezo nafashe ku giti cyanjye, kuko nasuzumye ibyambayeho, na ziriya mpanuro za Perezida wa Repubulika cyane cyane ko ibyo yavugaga byose byambayeho, mpitamo rero gusaba imbabazi no kureka inzoga burundu kuko ni zo ziri inyuma ya biriya byose byabaye.”

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/11/WhatsApp-Audio-2022-11-15-at-09.29.01-online-audio-converter.com-1-1.mp3

“Nibiba ngombwa ayo makuru na yo nzayavugaho” – Depite weguye

TUYISHIMIRE Raymond/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Tuyisenge says:
    November 15, 2022 at 12:56 pm

    Nyakubahwa president warepuburika nyumayumwanzuro mwafashekubwa mbonimana kd nyumayuko yitekerejeho akumva ko akwiyekwisubiraho niba abikuyekumutima mwamubabarira ark mukabanza mukamuha igihecyo kubanzaguha agaciro yatesheje icyizere mwamugiriye mumuhereza kubamumwanya aheruka kweguraho, murakoze.

    Reply
  • Galama rayi says:
    November 15, 2022 at 2:36 pm

    Imbabazi babe baretae kuzimuha kuko yitwaje ICONDICO yica amategeko

    Reply
  • Pingback: Undi Mudepite yeguye “haravugwa ubusinzi”, we akabihakana – IKIGANIRO KIRAMBUYE – Umuseke

Leave a Reply to Galama rayi Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?