BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

admin
Last updated: November 15, 2022 9:45 am
admin
Share
SHARE

Mu butumwa Dr. Mbonimana Gamariel, PhD yashyize kuri Twitter yagaragaje ko yicuza ibyabaye, ndetse asaba imbabazi Abanyarwanda, nyuma yo kwegura ku mwanya wa Depite kubera ubusinzi, yavuze ko yaretse inzoga burundu.

Hon Mbonimana Gamariel yari amaze imyaka ine ari Umudepite

Mbonimana Gamariel yanditse ati “Mbikuye ku mutima mbasabye imbabazi Nyakubahwa Perezida n’Abanyarwanda mwese. Nakoze icyaha cyo gutwara imodoka nanyweye inzoga.

Nafashe umwanzuro wo kutazongera kunywa inzoga. Mwumve gutakamba kwanjye. Niteguye kuzuza neza izindi nshingano zose mungiriye icyizere.”

Ubutumwa bwe, no gutakamba kwe, yabyoherereje Perezida Paul Kagame.

Yabwiye UMUSEKE ko imbabazi ziri muri buriya butumwa ari we ubwe wazisabye. Ati “Ni icyemezo nafashe ku giti cyanjye, kuko nasuzumye ibyambayeho, na ziriya mpanuro za Perezida wa Repubulika cyane cyane ko ibyo yavugaga byose byambayeho, mpitamo rero gusaba imbabazi no kureka inzoga burundu kuko ni zo ziri inyuma ya biriya byose byabaye.”

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/11/WhatsApp-Audio-2022-11-15-at-09.29.01-online-audio-converter.com-1-1.mp3

“Nibiba ngombwa ayo makuru na yo nzayavugaho” – Depite weguye

TUYISHIMIRE Raymond/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Tuyisenge says:
    November 15, 2022 at 12:56 pm

    Nyakubahwa president warepuburika nyumayumwanzuro mwafashekubwa mbonimana kd nyumayuko yitekerejeho akumva ko akwiyekwisubiraho niba abikuyekumutima mwamubabarira ark mukabanza mukamuha igihecyo kubanzaguha agaciro yatesheje icyizere mwamugiriye mumuhereza kubamumwanya aheruka kweguraho, murakoze.

    Reply
  • Galama rayi says:
    November 15, 2022 at 2:36 pm

    Imbabazi babe baretae kuzimuha kuko yitwaje ICONDICO yica amategeko

    Reply
  • Pingback: Undi Mudepite yeguye “haravugwa ubusinzi”, we akabihakana – IKIGANIRO KIRAMBUYE – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?