BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

Depite weguye kubera ubusinzi, yahise areka inzoga burundu – IKIGANIRO KIRAMBUYE

admin
Last updated: November 15, 2022 9:45 am
admin
Share
SHARE

Mu butumwa Dr. Mbonimana Gamariel, PhD yashyize kuri Twitter yagaragaje ko yicuza ibyabaye, ndetse asaba imbabazi Abanyarwanda, nyuma yo kwegura ku mwanya wa Depite kubera ubusinzi, yavuze ko yaretse inzoga burundu.

Hon Mbonimana Gamariel yari amaze imyaka ine ari Umudepite

Mbonimana Gamariel yanditse ati “Mbikuye ku mutima mbasabye imbabazi Nyakubahwa Perezida n’Abanyarwanda mwese. Nakoze icyaha cyo gutwara imodoka nanyweye inzoga.

Nafashe umwanzuro wo kutazongera kunywa inzoga. Mwumve gutakamba kwanjye. Niteguye kuzuza neza izindi nshingano zose mungiriye icyizere.”

Ubutumwa bwe, no gutakamba kwe, yabyoherereje Perezida Paul Kagame.

Yabwiye UMUSEKE ko imbabazi ziri muri buriya butumwa ari we ubwe wazisabye. Ati “Ni icyemezo nafashe ku giti cyanjye, kuko nasuzumye ibyambayeho, na ziriya mpanuro za Perezida wa Repubulika cyane cyane ko ibyo yavugaga byose byambayeho, mpitamo rero gusaba imbabazi no kureka inzoga burundu kuko ni zo ziri inyuma ya biriya byose byabaye.”

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/11/WhatsApp-Audio-2022-11-15-at-09.29.01-online-audio-converter.com-1-1.mp3

“Nibiba ngombwa ayo makuru na yo nzayavugaho” – Depite weguye

TUYISHIMIRE Raymond/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
3 Comments
  • Tuyisenge says:
    November 15, 2022 at 12:56 pm

    Nyakubahwa president warepuburika nyumayumwanzuro mwafashekubwa mbonimana kd nyumayuko yitekerejeho akumva ko akwiyekwisubiraho niba abikuyekumutima mwamubabarira ark mukabanza mukamuha igihecyo kubanzaguha agaciro yatesheje icyizere mwamugiriye mumuhereza kubamumwanya aheruka kweguraho, murakoze.

    Reply
  • Galama rayi says:
    November 15, 2022 at 2:36 pm

    Imbabazi babe baretae kuzimuha kuko yitwaje ICONDICO yica amategeko

    Reply
  • Pingback: Undi Mudepite yeguye “haravugwa ubusinzi”, we akabihakana – IKIGANIRO KIRAMBUYE – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?