BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bagiranye ibiganiro na Perezida Museveni

Abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bagiranye ibiganiro na Perezida Museveni

admin
Last updated: August 14, 2022 4:01 pm
admin
Share
SHARE

Ku wa Gatandatu Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagiranye ibiganiro n’abasirikare ba Offisiye Bakuru mu ngabo za Congo, FARDC.

Perezida Museveni aganira na bariya basirikare bakuru mu ngabo za Congo

Perezida Museveni yanditse ati “Naganiriye n’Abasirikare Bakuru (Generals) bavuye muri DRCongo bayobowe n’Umugaba Mukuru, Gen Célestin Mbala Munsense, ari kumwe na mugenzi we wa Uganda, Gen.Wilson Mbadi.”

Museveni yavuze ko baganiriye ibibazo bireba umutekano w’ibihugu byombi

Uganda na Congo bifatanyije mu bikorwa bya gisirikare byo kurwanya inyeshyamba za ADF zikorera mu Burasirazuba bwa Congo.

Nubwo bimeze gutyo, kuva ingabo za Uganda zajya muri Congo mu mpera z’umwaka wa 2021, ibitaro zagabye kuri ADF byarayishegeshe ariko uyu mutwe ntuhwema kwica abaturage b’abasivile.

Igitero giheruka cy’izi nyeshyamba za ADF, ni icyagabwe kuri Gereza yo mu Mujyi wa Butembo kigafunguza imfungwa zirenga 800 harimo n’abarwanyi bawo bari bahafungiye.

Uganda yagiye muri Congo kuwurwanya nyuma y’ibitero by’iterabwoba byibasiye Umujyi wa Kampala bikagwamo abantu abanda bagakomereka harimo n’icyagabwe ku Ngoro y’Inteko ishinga Amategeko mu Ugushyingo, 2021.

Muri Werurwe, 2022, Perezida Museveni yavuze ko ibikorwa byo kurwanya ADF, byiswe “Operation Shujaa” byatanze umusaruro, ndetse ko byageze ku ntego yabyo mu gusenya ibirindiro by’ibyihebe.

IVOMO: The NewVision

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
8 Comments
  • Umurungi Alice says:
    August 14, 2022 at 6:12 pm

    Gusa biragaragara ko Muhoozi atari ari muri iriya nama kandi byari ngombwa. Gusa ntaboneka muri iyi minsi yuko “Operation Rudahirwa” ayoboye yatangiye akazi kayo mu duce twinshi two mu karere.

    Reply
  • Umurungi Alice says:
    August 14, 2022 at 6:12 pm

    Gusa biragaragara ko Muhoozi atari ari muri iriya nama kandi byari ngombwa. Gusa ntaboneka muri iyi minsi yuko “Operation Rudahirwa” ayoboye yatangiye akazi kayo mu duce twinshi two mu karere.

    Reply
  • Dusingizimana alfred says:
    August 14, 2022 at 7:34 pm

    gusa nibashake umutekano womukarere urakenewe kubatuye akarere kibiyagabigari

    Reply
  • Dusingizimana alfred says:
    August 14, 2022 at 7:34 pm

    gusa nibashake umutekano womukarere urakenewe kubatuye akarere kibiyagabigari

    Reply
  • lg says:
    August 14, 2022 at 8:12 pm

    Aho kugirana imishyikirano nabene wabo kuko urugamba rwo batarushoboye icyo bashoboye nugusahura nokuvuga baririrwa biruka hirya no hino Congo iticaye hamwe ngo yemere ilishyikirano na M23 nabaMakanika intambara izahoraho ndabarahiye

    Reply
  • lg says:
    August 14, 2022 at 8:12 pm

    Aho kugirana imishyikirano nabene wabo kuko urugamba rwo batarushoboye icyo bashoboye nugusahura nokuvuga baririrwa biruka hirya no hino Congo iticaye hamwe ngo yemere ilishyikirano na M23 nabaMakanika intambara izahoraho ndabarahiye

    Reply
  • citoyen says:
    August 15, 2022 at 10:59 am

    Ntawandusha kumenya ururimi aba batipe bavugaga baganira na Museveni? Njya numva igifaransa gikakaye bavuga iyo bavuye gusahura za frigo na tv ngaseka nkihirika!

    Reply
  • citoyen says:
    August 15, 2022 at 10:59 am

    Ntawandusha kumenya ururimi aba batipe bavugaga baganira na Museveni? Njya numva igifaransa gikakaye bavuga iyo bavuye gusahura za frigo na tv ngaseka nkihirika!

    Reply

Leave a Reply to Dusingizimana alfred Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?