BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Somalia: Indege y’ingabo za Uganda yahanutse

Somalia: Indege y’ingabo za Uganda yahanutse

sam
Last updated: July 2, 2025 10:24 am
sam
Share
SHARE

Kajugujugu y’igisirikare cya Uganda yarimo abantu umunani, yakoreye impanuka ku kibuga mpuzamahanga cy’indege Aden Adde gihereye mu Mujyi wa Mogadishu muri Somalia.

Umuyobozi w’Urwego rwa Somalia rushinzwe indege za gisivili, Ahmed Maalim, yasobanuye ko iyi kajugujugu yaguye mu gice cyahariwe indege za gisirikare, yavaga mu ntara ya Lower Shabelle.

Iyi ntara ikoreramo abasirikare ba Uganda bari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab.

Ibinyamakuru byo muri Somalia byatangaje ko umwotsi mwinshi wazamutse ahaguye iyi ndege, ariko ngo abashinzwe ubutabazi bagobotse, bayizimya itarakongoka.

Umwe mu bakorera kuri iki kibuga cy’indege, Farah Abdulle, yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ati “Twumvise ikintu giturika, tubona umwotsi n’umuriro kuri kajugujugu. Umwotsi wari wahishe kajugujugu.”

Ntabwo icyateye iyi mpanuka kiramenyekana, ntibinazwi niba hari abapfuye cyangwa abayikomerekeyemo. Ahmed yavuze ko iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane amakuru y’ingenzi akenewe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite

1 Min Read
Mu mahanga

Baltasar waciye agahigo ko kuryamana n’bagore barenga 400 yakatiwe imyaka 18 y’igifungo

2 Min Read
Mu mahanga

Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU

3 Min Read
Mu mahanga

UBurusiya bwahagaritse amasezerano y’ibya nucléaire bwari bufitanye na Suède

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?