BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Amerika: Ubufasha bwahabwaga abaryamana bahuje ibitsina bwatangiye gukurwaho

Amerika: Ubufasha bwahabwaga abaryamana bahuje ibitsina bwatangiye gukurwaho

sam
Last updated: June 20, 2025 12:53 pm
sam
Share
SHARE

Guverinoma ya Amerika yemeje ko igiye kuhagarika amafaranga yageneraga abaryamana bahuje ibitsina muri icyo gihugu ndetse n’umurongo wa telefoni wakoreshwaga n’abaryamana bahuje ibitsina muri Amerika bafite ibitekerezo bishobora kuganisha ku kwiyahura, ugiye gukurwaho.

Umuryango wa Trevor Project wanenze iki gikorwa, aho Umuyobozi Mukuru wawo, Jaymes Black, yavuze ko “ibikorwa byo gukumira kwiyahura ntabwo ari ibikorwa bireba abantu, ntabwo ari ibikorwa bya politiki.”

Umurongo wasigayeho uzajya wakira icyiciro cy’abaryamana bahuje ibitsina, mu gihe usanzwe wakira ibindi byiciro birimo abafite ibibazo by’uburwayi bwo mu mutwe, ababaswe n’ibiyobyabwenge n’abandi.

Aba bashobora gutanga ibibazo n’ibyifuzo byabo binyuze mu guhamagara kuri telefoni no gukoresha ubutumwa bugufi.

Gusa abaryamana bahuje ibitsina bafite uburyo butatu bashobora gukoresha kugira ngo bagaragaze ibibazo byabo, bityo banahabwe ubufasha bakwiriye.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Trump yahamije ko Amerika izakomeza guha intwaro Ukraine

1 Min Read
Amerika

Syria iri mu byishimo byo gukurirwaho ibihano by’ubukungu

1 Min Read
Amerika

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

2 Min Read
Amerika

Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?