BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > DRC: Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yeguye.

DRC: Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yeguye.

sam
Last updated: June 18, 2025 6:26 am
sam
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko yeguye kuri izi nshingano ndetse ko ubwegure bwe bwamaze kwakirwa na perezida Félix Tshisekedi.

Ni icyemezo Mutamba yatangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Kamena 2025.

Atangaje ubwegure bwe nyuma  y’uko Inteko ishinga amategeko yemereye uburenganzira umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’iremezo Firmin Mvonde kumukurikirana ku byaha bya ruswa akekwaho.

Constant Mutamba arashijwa kunyereza miliyoni 19 z’ Amadorali zari zaragenewe kubaka gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Kugeza ubu Mutamba yabujijwe kurenga umurwa mukuru wa Kinshasa mu gihe ari gukurikiranwa n’inkiko.

Constant Mutamba yagiye yumvikana kenshi avuga amagambo agaragaza ko yanga Abanyarwanda ndetse na perezida Paul Kagame ndetse ko azabanza ku mufunga agafata u Rwanda akarwomeka ku gihugu cyabo .

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Dosiye ya Ingabire Victoire yaregewe urukiko

1 Min Read
Ubutabera

RIB yataye muri yombi abantu bagurishaga ubutaka butari ubwabo

3 Min Read
Ubutabera

Kinshasa:  Constant Mutamba agiye kongera kwitaba urukiko

1 Min Read
Ubutabera

DRC: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo no gusambanya abana

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?