BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yanze ubusabe bwa APR n’Amagaju ataranyuzwe n’imisifurire

2 Min Read
Imikino

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?