BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, aho kizitabitwa…

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, aho kizitabitwa…

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?