BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

admin
Last updated: November 6, 2025 12:20 pm
admin
Share
SHARE

Umusifuzi uri mu bakiri bato  Kayitare David, ni we wahawe gusifura umukino utegerejwe na benshi wa APR FC na Rayon Sports.

Ku wa Gatandatu saa Cyenda ni bwo ikipe ya APR FC izakira Rayon Sports mu mukino wo ku mumsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 muri Stade Amahoro.

Umusifuzi uzaba ari hagati ni Kayitare David, uwo ku ruhande wa mbere ni Dieudonne Mutuyimana, mu gihe uwa kabiri wo ku ruhande ari Ishimwe Didier. Umusifuzi wa kane ni Isia’q Nizeyimana.

Kayitare David uzaba ari umusifuzi wa mbere ni ubwa mbere agiye gusifura uyu mukino dore ko atari yaba na mpuzamahanga. Uyu musifuzi ukiri muto gusa akaba atanga icyizere ni umwaka wa kabiri asifura mu cyiciro cya mbere nyuma y’uko avuye mu cya kabiri.

Kayitare David ahawe gusifura umukino wa APR FC na Rayon Sports nyuma y’uko abasanzwe ari mpuzamahanga harimo abadahari mu gihe Ishimwe Claude ‘Cucuri’ ari mu bihano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?