BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro yazamuye

admin
Last updated: August 9, 2022 5:04 pm
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza mukuru wa Interforce FC, Munyeshayaka Gaspard yahisemo gusubira muri Rutsiro FC yazamuye mu Cyiciro cya Mbere mu 2020.

Rutsiro FC yagaruye umutoza wayizamuye

Mu 2020, ni bwo ikipe ya Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka myinshi ibihatanira.

Umutoza wari wayizamuye, Munyeshyaka Gaspard, nyuma y’imikino ibanza yahise yerekeza muri Interforce FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, none nayo yari ayimazemo umwaka umwe hafi n’igice.

Ubuyobozi bwa Rutsiro FC bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwemeje ko Munyeshyaka Gaspard ari umutoza mushya wungirije muri iyi kipe.

Kugeza ubu iyi kipe nta mutoza mukuru irabona nyuma yo gutandukana Bisengimana Justin wagiye muri Espoir FC y’i Rusizi.

Munyeshyaka Gaspard yasubiye muri Rutsiro FC yamuzamuriye izina

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Diogo Jota wakiniraga Liverpool yitabye Imana

1 Min Read
Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Imikino

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

2 Min Read
Imikino

APR FC yirukanye umutoza wayo Darko Nović n’abamwungirije

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?