BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > WhatsApp yamaze isaha idakora !

WhatsApp yamaze isaha idakora !

admin
Last updated: October 25, 2022 12:00 pm
admin
Share
SHARE

Abakoresha uburyo bwo guhanahana amakuru bakoresheje  uburyo bwa WhatsApp Meta, bamaze isaha irenga badakoresha iri tumanaho. Gusa nyuma yaje kongera kugarukaho.

WatsApp ni rumwe mu mbuga nkoranyambaga zikoresha cyane ku Isi

Mu Rwanda iki kibazo cyatangiye ku isaha ya saa tatu n’igice (9h:30) aho umuntu atashoboraga kwakira no kohereza ubutumwa, kohereza videwo no guhamagara akoresheje ubu buryo.

Iri koranabuhanga ryongeye gukora mu Rwanda ku isaha ya saa yine na cumi n’itanu (10h15).

Abashinzwe iri koranabuhanga basobanuye ko mu bubiko bw’amakuru (server) bwari bwagize ikibazo.

Mu itangazo  umuvugizi wa Meta, igenzura WhatsApp, TechCrunch, yatangaje ko bamenye amakuru ko abantu batari kwakira no kohereza ubutumwa,yizeza abantu ko iki kibazo gihita gikemuka.

Yagize ati “Twamenyeshejwe ko abantu bamwe bagize ikibazo mu   kwakira no kohereza ubutumwa.Turimo turabikoraho, umwanya muto ikibazo cyirakemuka.”

Si ubwa mbere WhatsApp igira iki kibazo kuko no mu Kwakira umwaka ushize, WhatsApp, Facebook na Instagram zagize ikibazo.

Iri koranabuhanga  rinengwa kuba ridafite ibikoresho bigizweho bigatuma rikunze kugira Ibibazo bya hato na hato.

Mu mwaka wa 2020, abakoresha WhatsApp yarekuye  ubutumwa busaga miliyari 100 bwari bwarahagamye (butoherejwe) ku bantu bo hirya no hino ku Isi.

WhatsApp ku isi ikoreshwa n’abarenga miliyari 2.2, ikaba rumwe mu mbuga rukoreshwa na benshi.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Utuntu n'utundi

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?