BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > WhatsApp yamaze isaha idakora !

WhatsApp yamaze isaha idakora !

admin
Last updated: October 25, 2022 12:00 pm
admin
Share
SHARE

Abakoresha uburyo bwo guhanahana amakuru bakoresheje  uburyo bwa WhatsApp Meta, bamaze isaha irenga badakoresha iri tumanaho. Gusa nyuma yaje kongera kugarukaho.

WatsApp ni rumwe mu mbuga nkoranyambaga zikoresha cyane ku Isi

Mu Rwanda iki kibazo cyatangiye ku isaha ya saa tatu n’igice (9h:30) aho umuntu atashoboraga kwakira no kohereza ubutumwa, kohereza videwo no guhamagara akoresheje ubu buryo.

Iri koranabuhanga ryongeye gukora mu Rwanda ku isaha ya saa yine na cumi n’itanu (10h15).

Abashinzwe iri koranabuhanga basobanuye ko mu bubiko bw’amakuru (server) bwari bwagize ikibazo.

Mu itangazo  umuvugizi wa Meta, igenzura WhatsApp, TechCrunch, yatangaje ko bamenye amakuru ko abantu batari kwakira no kohereza ubutumwa,yizeza abantu ko iki kibazo gihita gikemuka.

Yagize ati “Twamenyeshejwe ko abantu bamwe bagize ikibazo mu   kwakira no kohereza ubutumwa.Turimo turabikoraho, umwanya muto ikibazo cyirakemuka.”

Si ubwa mbere WhatsApp igira iki kibazo kuko no mu Kwakira umwaka ushize, WhatsApp, Facebook na Instagram zagize ikibazo.

Iri koranabuhanga  rinengwa kuba ridafite ibikoresho bigizweho bigatuma rikunze kugira Ibibazo bya hato na hato.

Mu mwaka wa 2020, abakoresha WhatsApp yarekuye  ubutumwa busaga miliyari 100 bwari bwarahagamye (butoherejwe) ku bantu bo hirya no hino ku Isi.

WhatsApp ku isi ikoreshwa n’abarenga miliyari 2.2, ikaba rumwe mu mbuga rukoreshwa na benshi.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?