BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Uwasenyeye Karera Hassan yagaragaye ari mu buriri na Rwatubyaye

Uwasenyeye Karera Hassan yagaragaye ari mu buriri na Rwatubyaye

admin
Last updated: November 14, 2022 12:16 pm
admin
Share
SHARE

Liliane uzwi nka Lily wasenyeye myugariro Karera Hassan, yashyize hanze amashusho ari mu bihe byiza mu buriri na kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdoul.

Lilly na Rwatubyaye bagiranye ibihe byiza mu buriri

Ni amashusho yashyizwe hanze n’uyu mukobwa witwa Liliane uzwi nka Lilly ku mbuga nkoranyambaga.

Uyu mukobwa yasangije abamukurikira kuri WhatsApp asomana na Rwatubyaye arangije agira ati “I miss my baby”, amagambo yumvikanisha urwo akumbuye uyu mukinnyi.

Lilly yagiranye ibihe byiza n’uyu myugariro, nyuma y’uko amaze iminsi mu Rwanda mu biruhuko cyane ko asanzwe atuye ku mugabane w’i Burayi.

Aya mashusho agiye hanze nyuma yo kuba mu minsi ishize uyu mukobwa yaritangarije ko ari mu rukundo na Karera Hassan nyuma yo kumutandukanya na Umutoni Diane basezeranye.

Ibi byabaye nyuma y’aho Lilly asohoreye amashusho ari kugirana ibihe byiza na Karera ku munsi mukuru w’amavuko w’uyu mukinnyi wakiniye amakipe nka APR FC na Kiyovu Sports.

Uyu Lilly wagaragaye asomana na Rwatubyaye, yari aherutse gutungwa urutoki nk’uwagize uruhare mu gusenyera Karera Hassan umaze igihe yimukiye muri Finland.

Nyuma yo gutangaza ko yatandukanye na Karera, uyu mugore yaje kwibasirwa na Lilly amushinja kumuharabika ko yamutwariye umugabo nyamara we nta ruhare yagize mu itandukana ry’urugo rwabo.

Nyuma y’uko ayo mashusho agiye hanze, byababaje cyane uwari umugore wa Karera ahita yerura iby’uko batandukanye.

Kugeza ubu ntacyo Rwatubyaye aravuga kuri aya mashusho ndetse no kuba ari mu rukundo na Lilly, ariko ibimenyetso byose byerekana ko aba bombi batangiye urugendo rw’urukundo.

Uyu kapiteni wa Rayon Sports, yaherukaga kujya mu rukundo na Hamida uherutse kwitaba Imana.

Lilly akomeje kwereka Isi ko anyuzwe na Rwatubyaye Abdoul
Ni umukobwa ukurura abakinnyi bo mu Rwanda
Lilly akomeje gutandukanya abashakanye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • IGIRANEZA Eugene says:
    November 15, 2022 at 10:40 pm

    Bibere isomo n’abandi bajye bagendera inzira imwe bareke gushurashura no guca inyuma abakunzi babo na Rwatubyaye namubwira ngo Pole.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

1 Min Read
Imyidagaduro

Ciara yahawe ubwenegihugu bwa Bénin

2 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu wari ukurikiranyweho gufungirana abakobwa mu nzu yarekuwe

1 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?