BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Uwasenyeye Karera Hassan yagaragaye ari mu buriri na Rwatubyaye

Uwasenyeye Karera Hassan yagaragaye ari mu buriri na Rwatubyaye

admin
Last updated: November 14, 2022 12:16 pm
admin
Share
SHARE

Liliane uzwi nka Lily wasenyeye myugariro Karera Hassan, yashyize hanze amashusho ari mu bihe byiza mu buriri na kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdoul.

Lilly na Rwatubyaye bagiranye ibihe byiza mu buriri

Ni amashusho yashyizwe hanze n’uyu mukobwa witwa Liliane uzwi nka Lilly ku mbuga nkoranyambaga.

Uyu mukobwa yasangije abamukurikira kuri WhatsApp asomana na Rwatubyaye arangije agira ati “I miss my baby”, amagambo yumvikanisha urwo akumbuye uyu mukinnyi.

Lilly yagiranye ibihe byiza n’uyu myugariro, nyuma y’uko amaze iminsi mu Rwanda mu biruhuko cyane ko asanzwe atuye ku mugabane w’i Burayi.

Aya mashusho agiye hanze nyuma yo kuba mu minsi ishize uyu mukobwa yaritangarije ko ari mu rukundo na Karera Hassan nyuma yo kumutandukanya na Umutoni Diane basezeranye.

Ibi byabaye nyuma y’aho Lilly asohoreye amashusho ari kugirana ibihe byiza na Karera ku munsi mukuru w’amavuko w’uyu mukinnyi wakiniye amakipe nka APR FC na Kiyovu Sports.

Uyu Lilly wagaragaye asomana na Rwatubyaye, yari aherutse gutungwa urutoki nk’uwagize uruhare mu gusenyera Karera Hassan umaze igihe yimukiye muri Finland.

Nyuma yo gutangaza ko yatandukanye na Karera, uyu mugore yaje kwibasirwa na Lilly amushinja kumuharabika ko yamutwariye umugabo nyamara we nta ruhare yagize mu itandukana ry’urugo rwabo.

Nyuma y’uko ayo mashusho agiye hanze, byababaje cyane uwari umugore wa Karera ahita yerura iby’uko batandukanye.

Kugeza ubu ntacyo Rwatubyaye aravuga kuri aya mashusho ndetse no kuba ari mu rukundo na Lilly, ariko ibimenyetso byose byerekana ko aba bombi batangiye urugendo rw’urukundo.

Uyu kapiteni wa Rayon Sports, yaherukaga kujya mu rukundo na Hamida uherutse kwitaba Imana.

Lilly akomeje kwereka Isi ko anyuzwe na Rwatubyaye Abdoul
Ni umukobwa ukurura abakinnyi bo mu Rwanda
Lilly akomeje gutandukanya abashakanye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • IGIRANEZA Eugene says:
    November 15, 2022 at 10:40 pm

    Bibere isomo n’abandi bajye bagendera inzira imwe bareke gushurashura no guca inyuma abakunzi babo na Rwatubyaye namubwira ngo Pole.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
Imyidagaduro

Abarimo Djihad batawe muri yombi kubera gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gukora imibonano mpuzabitsina

2 Min Read
Imyidagaduro

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?