BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Umuyobozi ukomeye muri Congo yishongoye ku Rwanda

Umuyobozi ukomeye muri Congo yishongoye ku Rwanda

admin
Last updated: September 13, 2022 10:34 am
admin
Share
SHARE

Ingabo z’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba zizafasha Congo Kinshasa guhangana n’imitwe iyirwanya zamenye agace buri gihugu cyizaba kirimo, ageze ku Rwanda Minisitiri w’Ububanyi, Christophe Lutundula Apala yavuze ko “rutazakandagira ku butaka bwa Congo”

Christophe Lutundula Apala, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa DR.Congo

Christophe Lutundula yagize ati “U Rwanda ruzohereza ingabo ku butaka bwarwo, ku mupaka kugira ngo rurinde urubibi rwarwo. Ni ikintu gikomeye. U Rwanda ntabwo ruzinjira ku butaka bwa Congo.”

Mu mpera z’Icyumweru gishize, Perezida wa Congo, Felix Tshisekedi yemeje itegeko ryo kwakira ziriya ngabo, zizaba zifite amezi atandatu ashobora kongera.

Christophe Lutundula yavuze ko ingabo z’u Burundi zamaze koherezwa aho zigomba kuba ziri mu misozi yo muri Teritwari ya Uvira.”

Kenya ingabo zayo zizajya muri Kivu ya Ruguru by’umwihariko muri Rutshuru ahamaze iminsi habera imirwano y’inyeshyamba zirimo M23.

Uganda ingabo zayo zisanzwe muri Congo, ngo zizaguma mu gace ka Ituri.

Sudan y’Epfo na yo izohereza ingabo ku mipaka isanzwe ihuza Congo, na kiriya gihugu mu majyaruguru.

P. Kagame yasubije Abayobozi ba DR.Congo badashaka ingabo z’u Rwanda iwabo

Ivomo: Actualite.cd

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
14 Comments
  • lg says:
    September 13, 2022 at 11:24 am

    Ntabwo yishongoye ku Rwanda ahubwo ninjiji itazi icyo ivuga umuntu utazi ko umupaka wu Rwanda uzanzwe urinzwe ubwo ikindi azi niki,!

    Reply
  • lg says:
    September 13, 2022 at 11:24 am

    Ntabwo yishongoye ku Rwanda ahubwo ninjiji itazi icyo ivuga umuntu utazi ko umupaka wu Rwanda uzanzwe urinzwe ubwo ikindi azi niki,!

    Reply
  • Q says:
    September 13, 2022 at 12:04 pm

    Congo iraje iririmbe urwo ibonye!bayisahure kahave,ubwinshi bw’izo ngabo n’ibihugu zizavamo nta gisubizo cya burundu bizatanga,bazarasa amasasu menshi,baturitse imizinga,bice batwike,basenye ariko ikibazo kizahoraho,nta mahoro ari kw’isi.

    Reply
  • Q says:
    September 13, 2022 at 12:04 pm

    Congo iraje iririmbe urwo ibonye!bayisahure kahave,ubwinshi bw’izo ngabo n’ibihugu zizavamo nta gisubizo cya burundu bizatanga,bazarasa amasasu menshi,baturitse imizinga,bice batwike,basenye ariko ikibazo kizahoraho,nta mahoro ari kw’isi.

    Reply
  • Patos says:
    September 13, 2022 at 12:04 pm

    Ntamakuru afite yibereye Kinshasa.
    Gusa ntibazongere kuza kumupaka kuko natwe ntitubashaka.

    Reply
  • Patos says:
    September 13, 2022 at 12:04 pm

    Ntamakuru afite yibereye Kinshasa.
    Gusa ntibazongere kuza kumupaka kuko natwe ntitubashaka.

    Reply
  • citoyen says:
    September 13, 2022 at 12:38 pm

    Ngo …”u Rwanda ruzohereza ingabo ku butaka bwarwo”??? Zizaba zivuye he ubwo? Iyi njiji bayibwiye ko umupaka warwo usanzwe utarinzwe se? Azabaze wa munywatabi we yohereje kuwuvogera uko byamugendekeye! Abayobozi ba kiriya gihugu bateye isoni; aho gukemura ibibazo ni ukwirirwa bavuza iya bahanda gusa bibwira ko kwigira nk’impinja zirira imbere y’abazungu aribyo bibaha ukuri. Africa warakubititse.

    Reply
  • citoyen says:
    September 13, 2022 at 12:38 pm

    Ngo …”u Rwanda ruzohereza ingabo ku butaka bwarwo”??? Zizaba zivuye he ubwo? Iyi njiji bayibwiye ko umupaka warwo usanzwe utarinzwe se? Azabaze wa munywatabi we yohereje kuwuvogera uko byamugendekeye! Abayobozi ba kiriya gihugu bateye isoni; aho gukemura ibibazo ni ukwirirwa bavuza iya bahanda gusa bibwira ko kwigira nk’impinja zirira imbere y’abazungu aribyo bibaha ukuri. Africa warakubititse.

    Reply
  • MUVUNYI says:
    September 13, 2022 at 9:42 pm

    Bitinde bitebuke, ikibazo DRC ifite mu BURASIRAZUBA bwayo, kizakemurwa n’U RWANDA. Ntabwo ari ziriya NGABO. Zizarinda zitaha ntacyo zikemuye. Dore aho nibereye.

    Reply
  • MUVUNYI says:
    September 13, 2022 at 9:42 pm

    Bitinde bitebuke, ikibazo DRC ifite mu BURASIRAZUBA bwayo, kizakemurwa n’U RWANDA. Ntabwo ari ziriya NGABO. Zizarinda zitaha ntacyo zikemuye. Dore aho nibereye.

    Reply
  • Matsiko says:
    September 15, 2022 at 8:06 am

    Burundi inzara ira uma Ibura ryibikimoka kuri petrol sinavuga
    South Sudan ibazo nagatebo kuzuye sinumva uburyo bazakemura ibya RD mugihe lbyabo byababanye urudubi
    Amaherezo bazitabaza uRwanda

    Reply
  • Matsiko says:
    September 15, 2022 at 8:06 am

    Burundi inzara ira uma Ibura ryibikimoka kuri petrol sinavuga
    South Sudan ibazo nagatebo kuzuye sinumva uburyo bazakemura ibya RD mugihe lbyabo byababanye urudubi
    Amaherezo bazitabaza uRwanda

    Reply
  • SINGIRANKABO Olivier says:
    September 15, 2022 at 2:29 pm

    Mujye mureka abafite guta umwanya bawute,tuzi aho tuva tukamenya aho tujya.”God is always with us”.

    Reply
  • SINGIRANKABO Olivier says:
    September 15, 2022 at 2:29 pm

    Mujye mureka abafite guta umwanya bawute,tuzi aho tuva tukamenya aho tujya.”God is always with us”.

    Reply

Leave a Reply to citoyen Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu…

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze…

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya…

MINEMA yasabye abatuye mu manegeka kwimuka kubera imvura nyinshi

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Gen Maj (Rtd) Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda kwirinda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?