BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

admin
Last updated: February 14, 2026 6:52 pm
admin
Share
SHARE

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa Leta ya Sudan, mu minsi itatu gusa wishe abasivili barenga 6000 mu minsi itatu.

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa Leta ya Sudan, mu minsi itatu gusa wishe abasivili barenga 6000 mu minsi itatu.

Umuryango w’Abibumbye (UN), ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare 2026, nibwo washyizwe ahagarara raporo ivuga ko umwaka ushize, umutwe urwanya Leta ya Sudan, RFS, ubwo wagabaga ibitero mu mujyi wa El – Fasher mu Ukwakira 2025 mu minsi itatu gusa, hapfuye abasivili barenga 6000, nkuko bitangazwa na BBC.

Umwe mu batangabuhamya avuga mu mwaka ushize mu Ukwakira 2025, yabonye imbaga y’abarenga 1000 yari yihishe mu nyubako za kaminuza iri mu mujyi wa El – fasher, maze abo bari bahahungiye bicwa urupfu rw’agashyinyaguro.

Muri iyi raporo igaragaza ibyaha byibasiye ikiremwamuntu, hanavugwamo ibyaha byakozwe na RSF yakoreye abasivili mu mujyi wa El _Fasher birimo kwica abaturage mu buryo bw’iyicarubozo, gushimuta abasivili no kubakorera ihohotera rishjngiye ku gitsina.

Muri Raporo ya UN ivuga ko abagize uruhare mu bwicanyi bwibasiye abasivili bari bahungiye mu bitaro no mu nkambi bakwiye kubikurikiranwaho nk’ibyaha by’intambara.

Umutwe urwanya ubutegetsi bwa Leta ya Sudan, RSF, ntacyo uravuga ku byaha ushinjwa ndetse ntabwo ari ubwa mbere uyu mutwe uvuzweho ibikorwa nk’ibyo ariko ukaruma gihwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 na MONUSCO byaganiriye ku gahenge

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Paul Mackenzie yongeye kuregwa ku rupfu rw’abandi bantu 52 nyuma y’abarenga 400 asanzwe akurikiranywaho

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abakora mu bwikorezi bwo mu kirere bateguje imyigaragambyo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?