BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Ibisasu bibiri byabonetse hafi y’urugo rw’umuturage

Ruhango: Ibisasu bibiri byabonetse hafi y’urugo rw’umuturage

admin
Last updated: September 8, 2022 1:08 am
admin
Share
SHARE

Ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa ‘Grenade’  byasanzwe hafi y’urugo rw’umuturage bitera impungenge  abahatuye.

Kimwe mu bisasu 2 byasanzwe hafi y’urugo rw’umuturage

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mwendo buvuga ko amakuru y’ibi bisasu bibiri yamenyekanye kuva ejo taliki ya 06/09/2022 umuturage witwa Mukarwego Suzane ubwo yacaga umugende w’inzu ye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mwendo, Muhire Flloribert yabwiye UMUSEKE ko bahise bashyira ibimenyetso  aho ibyo bisasu biri, bashyiraho n’uburinzi kugira ngo bitaza guteza impanuka bikica abantu.

Yagize ati: “Twiyambaje abasirikare bo muri Ingeeniering brigade kugira ngo  babitegure.”

Muhire yavuze ko iryo tsinda ry’abasirikare rizahagera ku munsi w’ejo, kubera ko ryagombaga kuba ryaje uyu munsi ku wa Gatatu.

Gitifu Muhire avuga ko amakuru bahawe n’abaturage avuga ko ibi bisasu bishobora kuba byaratawe n’Interahamwe zari zije kwica no gusahura imitungo y’abaturage mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bakazitesha.

Aho biri hashyizweho uburinzi n’ikimenyetso

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE .RW/Ruhango.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • Q says:
    September 8, 2022 at 4:53 am

    Ahubwo bagize amahirwe,iyo babikubitaho ibikoresho bacukuzaga uwo muferege hari gupfa umuntu

    Reply
  • Q says:
    September 8, 2022 at 4:53 am

    Ahubwo bagize amahirwe,iyo babikubitaho ibikoresho bacukuzaga uwo muferege hari gupfa umuntu

    Reply
  • karara says:
    September 8, 2022 at 11:34 am

    Iteka iyo mbonye Imbunda cyangwa Grenade,ngira ubwoba.Nkibaza impamvu abantu bakoze imbunda nyamara nta kindi igamije uretse kwica abantu.Ku rundi ruhande,imana yaturemye itubuza kwica,ikadusaba gukundana,ndetse tugakunda n’abanzi bacu nkuko idusaba muli Matayo 5,umurongo wa 44.Ikongeraho ko abatwara intwaro bose nabo bazicwa (ku munsi wa nyuma) nkuko Matayo 26,umurongo wa 52 havuga.Nkuko Yesu yabisobanuye ageze ku isi,amategeko yo kurwana no kwihorera (dusoma mu Isezerano rya kera) imana yayakuyeho ku bakristu nyakuli.Muli make,ayo mategeko yarebaga Israel ya kera gusa.Nkuko yakuyeho Gukebwa,Ibitambo,etc…

    Reply
  • karara says:
    September 8, 2022 at 11:34 am

    Iteka iyo mbonye Imbunda cyangwa Grenade,ngira ubwoba.Nkibaza impamvu abantu bakoze imbunda nyamara nta kindi igamije uretse kwica abantu.Ku rundi ruhande,imana yaturemye itubuza kwica,ikadusaba gukundana,ndetse tugakunda n’abanzi bacu nkuko idusaba muli Matayo 5,umurongo wa 44.Ikongeraho ko abatwara intwaro bose nabo bazicwa (ku munsi wa nyuma) nkuko Matayo 26,umurongo wa 52 havuga.Nkuko Yesu yabisobanuye ageze ku isi,amategeko yo kurwana no kwihorera (dusoma mu Isezerano rya kera) imana yayakuyeho ku bakristu nyakuli.Muli make,ayo mategeko yarebaga Israel ya kera gusa.Nkuko yakuyeho Gukebwa,Ibitambo,etc…

    Reply
  • Emmanuel says:
    September 8, 2022 at 1:22 pm

    Njyewe ndahaturiye , ibyo bisasu Abasirikare bo muri Engineering Brigade barabiturikije , ntacyibazo gihari.

    Reply
  • Emmanuel says:
    September 8, 2022 at 1:22 pm

    Njyewe ndahaturiye , ibyo bisasu Abasirikare bo muri Engineering Brigade barabiturikije , ntacyibazo gihari.

    Reply

Leave a Reply to karara Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

Ibiciro byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Muri Gashyantare 2026 ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025.…

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?