BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Sep 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

sam
Last updated: September 11, 2025 10:22 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa polisi y’u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz batawe muri yombi kubera kureza amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge.

Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga ubwo yabitangarizaga n The New Times dukensha iyi nkuru nyuma y’uko bicicikanye ku mbuga nkoranyambaga ku wa 10 Nzeri 2025.

Yagize ati “Yego ni byo barafunze.”

Amakuru avuga ko batawe muri yombi nyuma y’uko bafashwe barengeje amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse ngo banapimwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge.

Kuri ubu bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police i Remera.

Ariel Wayz azwi cyane mu ndirimbo z’urukundo ndetse ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bitabiriye ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byazegurutse igihugu cyose .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
Imyidagaduro

Weasel yasezerewe mu bitaro

1 Min Read
Imyidagaduro

Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umugabo we Weasel kubushake

2 Min Read
Imyidagaduro

Umurinzi wa The Ben yajyanywe kwamuganga igitaraganya

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?