BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

sam
Last updated: September 11, 2025 10:22 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa polisi y’u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz batawe muri yombi kubera kureza amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge.

Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga ubwo yabitangarizaga n The New Times dukensha iyi nkuru nyuma y’uko bicicikanye ku mbuga nkoranyambaga ku wa 10 Nzeri 2025.

Yagize ati “Yego ni byo barafunze.”

Amakuru avuga ko batawe muri yombi nyuma y’uko bafashwe barengeje amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse ngo banapimwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge.

Kuri ubu bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police i Remera.

Ariel Wayz azwi cyane mu ndirimbo z’urukundo ndetse ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bitabiriye ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byazegurutse igihugu cyose .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?