BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Pastor Kabanda yamaganye abakomeje ku mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Pastor Kabanda yamaganye abakomeje ku mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

sam
Last updated: May 13, 2025 10:01 am
sam
Share
SHARE

Pastor Juliene Kabanda wayoboraga Grace Room iheruka kwamburwa ubuzimagatozi, yamaganye abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga bandika ibintu bitandukanye mu izina rye.

Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse anamenyesha RIB na Police.

Iri torero riherutse kwamburwa ubuzima gatozi n’urwego rw’igihugu rw’imiyoborere(RGB) nyuma yo gusanga ritubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere.

RGB ivuga ko Grace Room yakunze gukora ibikorwa bijyanye no gusenga, ariko kandi bihabanye n’ibikorwa n’intego zayo nk’uko bigaragara mu mategeko shingiro yayo.

Ubusanzwe mu mategeko y’imiryango itegamiye kuri leta, harimo ko Minisiteri iba ikora ibikorwa by’iterambere, bidafite aho bihuriye n’iby’insengero.

Itegeko risobanura Minisiteriya “nk’itsinda ry’abantu rishamikiye ku muryango rikora ibikorwa bigamije iterambere”.

Bitandukanye na Grace Room, yakoraga ibikorwa bisanzwe by’amasengesho, ibikorwa bimeze nk’iby’urusengero kandi uburenganzira yahawe atari byo bugena. Yarenze ku byo amatege bimeze bityo mu Cyumweru gishize, habatijwe abantu barenga 500 ndetse bisanzwe bikorwa.

Pasiteri Julienne Kabanda yakunze kuvuga ko mu 2018 aribwo yagize iyerekwa ryatumye atangiza Grace Room Ministries ifite intego z’uko mu myaka irindwi izaba yarafashije abagera kuri miliyoni ebyiri kwakira Kirisitu Yesu no gufasha abababaye.

Grace Room Ministries iyoborwa na Pasiteri Julienne Kabirigi Kabanda, ikorera i Nyarutarama. Ni rimwe mu matorero afite abantu benshi muri iki gihe ndetse hashize iminsi rikora ibitaramo muri BK Arena bikitabirwa n’abantu benshi.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Iyobokamana

Rusizi: Kiliziya Gatolika yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Ingoro y’ubumwe n’ubwiyunge

3 Min Read
Iyobokamana

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

1 Min Read
Iyobokamana

DRC: Kiliziya yacucuwe n’abajura musenyeri ategeka ko ifungwa

1 Min Read
Iyobokamana

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi mukuru w’Igitambo uzwi nka EID AL ADHA.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?